Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: APR FC Irashimirwa Uko Iri Kwitwara Muri Mapinduzi Cup
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

APR FC Irashimirwa Uko Iri Kwitwara Muri Mapinduzi Cup

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 January 2024 8:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Aurore Mimosa Munyangaju ushinzwe iterambere rya Siporo zose mu Rwanda yashimye APR FC uko iri kwitwara mu marushanwa ya Mapinduzi Cup ari kubera muri Zanzibar.

Minisitiri wa Siporo Aurore Munyangaju Mimosa

Ni nyuma y’uko iyi kipe y’ingabo z’u Rwanda igeze muri ½ cy’iri rushanwa itsinze Young Africans ibitego 3-1.

Kuba APR FC yatsinze Young Africans ni ikintu kinini kubera ko iyi ari imwe mu makipe akomeye mu Karere k’Afurika y’Uburasirazuba.

APR FC oyeeeeee! Congratulations for this great victory! @aprfcofficial

Young SC 1-3 APR FC #MapinduziCup https://t.co/ivbw2o4DaP pic.twitter.com/kI18gYTheW

— Aurore Mimosa Munyangaju (@AuroreMimosa) January 7, 2024

Mu mwaka w’imikino ushize, yakinnye umukino wa nyuma wa CAF Confederation Cup mu gihe muri uyu mwaka w’imikino iri mu matsinda ya CAF Champions League.

Iri kandi mu makipe akunzwe cyane muri Tanzania kuko iri ku mwanya wa mbere muri iki gihugu nyuma yo gutsinda mukeba wayo witwa Simba SC ibitego 5-1  mu mukino uheruka guhuza amakipe yombi muri Shampiyona mu Ugushyingo, 2023.

APR FC kandi iherutse no gutsinda Simba Sports Club nayo byari byahuriye mu marushanwa ya Mapinduzi Cup.

Minisitiri Mimosa Aurore Munyangaju yanditse kuri X ko ashimira APR FC kubera intsinzi yayo kandi Abanyarwanda bayiri inyuma.

 

TAGGED:APRfeaturedIkipeMunyangajuSimbaYoung AfricansZanzibar
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bidateye Kabiri Inkangu Yongeye Gufunga Umuhanda Karongi- Nyamasheke
Next Article Hatashywe Ikibumbano Cyo Kwibuka Padiri Ubald Rugirangoga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?