Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: APR FC Nayo Yazanye Abatoza Bashya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

APR FC Nayo Yazanye Abatoza Bashya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2023 4:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa APR FC bwazanye abatoza bashya ngo bongerere iyi kipe imbaraga zo kuzakina no kuzatwara Shampiyona ziri imbere.

Umutoza mukuru wa APR FC yitwa Thierry Froger akaba afite imyaka 60 y’amavuko.

Yasinyanye na APR FC amasezerano yo kuzayitoza mu gihe cy’imyaka ibiri, akazaba yungirijwe na mugenzi we  bakomoka hamwe witwa Kouda Karim.

Froger yatangiye gukina umupira w’amaguru mu mwaka wa 1971 arangiza 1991.

Yatoje amakipe atandukanye yo mu Bufaransa arimo Lille, Châteauroux, Guegnon, Reims, Nîmes, Vannes na Créteil.

Nyuma yaje gutoza ayo muri Afurika arimo TP Mazembe, USM Alger, ikipe y’igihugu ya Togo yitwa Les Éperviers( Uduca) n’andi atandukanye.

Ubuyobozi bwa APR FC buvuga ko mu bandi bazamwungiriza harimo Aimé Desiré ‘Ndanda’ Ndizeye, Alex Mugabo na Albert Ngabo bazaba bashinzwe gutoza abazamu.

Abatoza bashya ba APR FC baje nyuma y’uko Rayon Sports nayo izanye abandi.

APR izanye aba batoza hashize iminsi ibiri Rayon Sports izanye umunya Tunisia Yamen Zelfani.

Ku kibuga cy’indege umutoza Yamen yabwiye itangazamakuru ko azanywe no kuzamura urwego rwa Rayon Sports ikagira izina mu mupira w’amaguru ku rwego rw’Afurika.

Hagati aho Rayon Sports  yakiriye n’umutoza ushinzwe kongerera imbaraga abakinnyi ukomoka muri  Afurika y’Epfo witwa Ayabonga Lebitsa bita “SMASH” .

Abakurikiranira hafi shampiyona y’u Rwanda bavuga ko iy’umwaka utaha ishobora kuzaba iryoshye kubera ko amakipe yose ari gushaka abakinnyi bashya kandi barimo n’abanyamahanga.

Umutoza Mukuru Mushya Wa Rayon Yageze i Kigali

TAGGED:APRfeaturedIkipeRayon SportsRwandaUmutoza
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inzara Irembeje Abirabura B’Abimukira
Next Article Perezida Wa Congo Brazzaville Arasura u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Polisi Irashakisha Abantu Bahohoteye Umugore Bikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?