Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arabie Saoudite Yakomoreye Abifuza Gusura I Mecca Ariko Batarengeje Imyaka 65
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Arabie Saoudite Yakomoreye Abifuza Gusura I Mecca Ariko Batarengeje Imyaka 65

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 April 2022 10:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyuma y’imyaka ibiri ubwami bwa Arabie Saoudite bubujije abantu gusura ahantu hatagatifu i Mecca, ubu bwabakomoreye buvuga ko bwiteze ko abazasura aha hantu muri uyu mwaka bazagera kuri miliyoni imwe.

Ni umubare munini ugereranyije n’ibihe isi irimo bya COVID-19 .

Icyakora, ubwami bwa Arabie Saoudite bwavuze ko abantu bemerewe gusura i Mecca bagomba kuba batarengeje imyaka 65 y’amavuko  kandi bakaba barikingije COVID-19 mu buryo bwuzuye.

Ibi byatangajwe na  Minisitiri ushinzwe ibikorwa byo gusura i Mecca, ibikorwa bita Hajj na Umrah, bikaba byasohowe n’Ikigo cy’itangazamakuru cya Arabie Saoudite kitwa SPA .

Abanyamahanga nabo bemerewe kuzasura ahantu hatagatifu i Mecca ariko bakazerekana ko bisuzumishije COVID-19 bakoresheje uburyo bwa PCR .

Mu mwaka ushize, ubutegetsi bwa Arabie Saoudite bwavuze ko abantu 60,000 bonyine ari bo bemerewe gusura hariya hantu.

Mbere y’uko COVID-19 yaduka, abantu bagera kuri miliyoni 2.5 nibo basuraga i Mecca.

Ikindi ni uko muri kiriya gihe, abantu basuraga i Mecca n’i Medina binjirizaga Arabie Saoudite amafaranga agera kuri Miliyari 12 $ ku mwaka nk’uko Reuters ibitangaza.

Arabie Saoudite
TAGGED:ArabiefeaturedGusuraMeccaSaoudite
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umugore W’Umuyobozi Mu Rwego Rw’Uburezi Abera Urugero Umukobwa
Next Article Perezida Kagame Azageza Ijambo Ku Nteko Ishinga Amategeko Ya Congo-Brazzaville
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?