Abagabo babiri baherutse kwiyemeza kuzaca agahigo kwambukiranya u Rwanda mo kabiri bagenda n’amaguru. Bifuzaga kuhakora urugendo rwihuse kurusha izindi k’uburyo rwazandikwa mu gitabo by’abaciye uduhigo kitwa...
Nyuma y’imyaka ibiri ubwami bwa Arabie Saoudite bubujije abantu gusura ahantu hatagatifu i Mecca, ubu bwabakomoreye buvuga ko bwiteze ko abazasura aha hantu muri uyu mwaka...