Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arkidiyosezi Ya Kigali Mu Birango Bishya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Arkidiyosezi Ya Kigali Mu Birango Bishya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2024 9:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa Arkidiyosezi ya Kigali bwatangaje ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 08, Mutarama, 2024 buzaba bufite ibirango bishya.

Ni itangazo bwacishije kuri paji yabwo ya X.

Bumenyesha Abanyarwanda muri rusange n’abayoboke ba Kiliziya Gatulika by’umwihariko ko guhera kuwa mbere, taliki ya 8 Mutarama 2024, Arkidiyosezi ya Kigali izatangira gukoresha ibirango bishya  nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w’inyandiko z’Ubuyobozi n’Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali.

Ibyo birango bizakoreshwa n’inzego enye ari zo: Vicariat Général, Chancellerie, Secretariat na Economat Général.

Vicariat Général ni urwego rw’ubuyobozi bugena ibikorerwa muri Diyosezi, bigakorwa ku mabwiriza ya Cardinal cyangwa Musenyeri uyobora aho kantu.

Chancellerie ni urwego rushinzwe kurinda inyandiko zireba imikorere ya Diyosezi, zikaba inyandiko zikubiyemo ibyakozwe, igihe byakorewe, uwabisinye, amabwiriza n’izindi nyandiko zireba imikorere ihamye ya Diyosezi.

Secretariat yo ni Ibiro by’Umunyamabanga ushinzwe ibikorwa by’Inama y’Abasenyeri.

Economat General yo ni urwego rwa Diyosezi cyangwa Arkidiyosezi rushinzwe imari n’umutungo.

Arkidiyosezi ya Kigali irabamenyeshako guhera kuwa mbere,tariki ya 8 Mutarama 2024,izatangira gukoresha ibirango bishya nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w'inyandiko z'Ubuyobozi n'Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali. pic.twitter.com/bqcx7egWpI

— Archdiocese Of Kigali (@ArchKigali) January 6, 2024

Ifoto: Antoine Cardinal Kambanda, Arkipisikopi wa Kigali

TAGGED:ArkidiyoseziDiyosezifeaturedIbirangoKiliziyaMusenyeriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itorero ‘Ibihame By’Imana’ Rigiye Gutangiza Igitaramo Ngarukamwaka
Next Article Abanyarwanda Bamwe Bahisemo Ubugwari Abandi Bahitamo Ubutwari- Lt Col Simon Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?