Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Arkidiyosezi Ya Kigali Mu Birango Bishya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Arkidiyosezi Ya Kigali Mu Birango Bishya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 January 2024 9:14 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa Arkidiyosezi ya Kigali bwatangaje ko mu ntangiriro z’Icyumweru kizatangira taliki 08, Mutarama, 2024 buzaba bufite ibirango bishya.

Ni itangazo bwacishije kuri paji yabwo ya X.

Bumenyesha Abanyarwanda muri rusange n’abayoboke ba Kiliziya Gatulika by’umwihariko ko guhera kuwa mbere, taliki ya 8 Mutarama 2024, Arkidiyosezi ya Kigali izatangira gukoresha ibirango bishya  nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w’inyandiko z’Ubuyobozi n’Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali.

Ibyo birango bizakoreshwa n’inzego enye ari zo: Vicariat Général, Chancellerie, Secretariat na Economat Général.

Vicariat Général ni urwego rw’ubuyobozi bugena ibikorerwa muri Diyosezi, bigakorwa ku mabwiriza ya Cardinal cyangwa Musenyeri uyobora aho kantu.

Chancellerie ni urwego rushinzwe kurinda inyandiko zireba imikorere ya Diyosezi, zikaba inyandiko zikubiyemo ibyakozwe, igihe byakorewe, uwabisinye, amabwiriza n’izindi nyandiko zireba imikorere ihamye ya Diyosezi.

Secretariat yo ni Ibiro by’Umunyamabanga ushinzwe ibikorwa by’Inama y’Abasenyeri.

Economat General yo ni urwego rwa Diyosezi cyangwa Arkidiyosezi rushinzwe imari n’umutungo.

Arkidiyosezi ya Kigali irabamenyeshako guhera kuwa mbere,tariki ya 8 Mutarama 2024,izatangira gukoresha ibirango bishya nka gihamya kandi bigaragaza umwimerere w'inyandiko z'Ubuyobozi n'Ubunyamabanga bya Arkidiyosezi ya Kigali. pic.twitter.com/bqcx7egWpI

— Archdiocese Of Kigali (@ArchKigali) January 6, 2024

Ifoto: Antoine Cardinal Kambanda, Arkipisikopi wa Kigali

TAGGED:ArkidiyoseziDiyosezifeaturedIbirangoKiliziyaMusenyeriRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itorero ‘Ibihame By’Imana’ Rigiye Gutangiza Igitaramo Ngarukamwaka
Next Article Abanyarwanda Bamwe Bahisemo Ubugwari Abandi Bahitamo Ubutwari- Lt Col Simon Kabera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

Abasirikare N’Abapolisi B’u Rwanda Bari Muri UN 

Guverinoma Ya DRC Irashaka Kwisubiza Uvira Mu Buryo Bwuzuye

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Kwamamaza Mushikiwabo, Uburundi, DRC… Uko Nduhungirehe Asobanura Ibyo Mu Karere

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Ibigo Bya Amerika Bicukura Petelori Birashaka Ko Muri Irani Zihindura Imirishyo

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasenateri Barashaka Kumenya Uko Ubworozi Bw’u Rwanda Bubungabunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Gari Ya Moshi Zagonganye Hapfa Abantu 21

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Yajyanywe Kuri RIB Nyuma Yo Gushaka Kwiyahura Bikanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?