Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: AS Kigali Yivanye Mu Gikombe Cy’Amahoro 2023
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

AS Kigali Yivanye Mu Gikombe Cy’Amahoro 2023

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 06 February 2023 7:39 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe habura umunsi umwe  gusa ngo irushanwa ngarukamwaka  ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina.

Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023.

Ubusanzwe amakipe 16 niyo akina mu cyiciro cya mbere muri Shampiyona y’u Rwanda.

15 muri yo azitabira iki gikombe ukuyemo AS Kigali yaraye itangaje ko itagikinira.

Ku mbuga nkoranyambaga z’iyi kipe iterwa inkunga n’Umujyi wa Kigali haranditse hati: “Ubuyobozi bwa AS Kigali bubabajwe no ku gutangaza ko ikipe yamaze kwikura mu gikombe cy’amahoro cya 2023. Nk’abasanzwe bazwiho kucyegukana, turizera kuzagarukana imbaraga mu mwaka utaha.”

ANNOUNCEMENT#Citizens #thewinningteam #HigherthanAclub pic.twitter.com/5QRxc4ZJ1l

— AS KIGALI (@AS_KigaliFC) February 5, 2023

AS Kigali isanganywe ibikombe bitatu by’Amahoro, harimo bibiri yegukanye itozwa na Casa Mbungo( ni nawe ukiyitoza) ndetse n’icyo yegukanye itozwa na Mateso Jean de Dieu usigaye  utoza Kiyovu Sports.

Ku rutonde rwa Shampiyona y’u Rwanda kugeza ubu, AS Kigali iri ku mwanya wa kabiri n’amanota 33.

TAGGED:ASIgikombeIrushanwaKigaliShampiyona
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IVUGURUYE: Turikiya Na Syria Abantu Bakabakaba 500 Bishwe N’Umutingito
Next Article I Karongi Bashimiye Umunyeshuri Uhakomoka Wabaye Uwa Mbere Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ubuhinde Burashaka ‘Kwigira’, Burambiwe Amerika

Taylor Swift Yemeye Kurushinga

Gisagara: Abashakanye Baravugwaho Kwica Umuntu Muri 2021 Bamuta Mu Bwiherero

Meteo Rwanda Irateguza Imvura Irimo Inkuba Mu Gihugu Hose

DRC:Abasirikare Basabiwe Gufungwa Imyaka 15 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kagame Yaganirije Ingabo Azisanze i Gabiro

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imikino

Ibanga Kepler Yakoresheje Ngo Ihagarare Neza Muri Basket Y’Abagore

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?