Messi yahaye buri mukinnyi na buri mukozi mu ikipe y’igihugu ya Argentine telefoni ya iPhone isize zahabu. Bose hamwe ni abantu 35, akaba yabahaye telefoni zose...
Ibaye ikipe ya kabiri itangaje mu makipe akomeye itangaje ko itazitabira imikino y’igikombe cy’Amahoro cya 2023. Itangazo ry’ubuyobozi bw’iyi kipe bwatangaje ko byakozwe ku ‘mpamvu zitabaturutseho’....
Komisiyo ya FERWAFA ishinzwe gutegura amarushanwa yatangaje ko italiki yo gutangiriraho imikino y’amajonjora mu gikombe cy’amahoro yimuwe. Yashyizwe taliki 14, Gashyantare, aho kuba taliki 07, Gashyantare,...
Mu gihe habura umunsi umwe gusa ngo irushanwa ngarukamwaka ry’igikombe cy’Amahoro ritangire, ubuyobozi bwa AS Kigali bwatangaje ko butarikina. Rizatangira taliki 7, Gashyantare, 2023. Ubusanzwe amakipe...
Ikipe ya REG Volleyball Club y’abagabo na APR Volleyball Club y’abagore ni zo zegukanye Shampiyona ya Volleyball y’u Rwanda y’umwaka w’imikino wa 2022-2023. Kuri iki Cyumweru...