Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 8:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane.

Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye kujya gukinira FC Barcelona yo muri Espagne.

Ubuyobozi bwa Arsenal bwatangaje ko uyu rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Gabon yemeranyije na Arsenal kuyivamo.

Hari hashize iminsi bihwihwiswa ko Aubameyang yirukanywe muri Arsenal ariko byemejwe ko ayivuyemo ku bwumvikane n’umutoza  Mikel Arteta.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ibyo kumwirukana byatangiye kuvugwa mu byumweru bicye bishize nyuma y’uko Pierre –Emerick Aubameyang yitwaye nabi akanywa inzoga agasinda kandi azi neza ko afite umukino.

Icyo gihe umutoza yamwirukanye mu ikipe ndetse amwambura umwambaro wagenewe Kapiteni w’Ikipe.

Kuri Instagram Aubameyang yanditse ati: “ Rwose muri kamere yanjye nakunze gukina n’umutima wanjye wose. Kuba mvuye muri Arsenal ntasezeye bagenzi banjye twabanye muri ibi bihe byose, birambaje ariko nta kundi ni ko ibyo mu mupira w’amaguru bigenda.”

Aubameyang ati: ” Murabeho ndagiye”

Yifurije bagenzi be gukomeza akazi kabo kandi bakazakomeza gutsinda no mu gihe kiri imbere.

Pierre- Emerick Aubameyang yageze muri Arsenal avuye muri Borussia Dortmund.

- Advertisement -

Yari amaze imyaka ine muri Arsenal, akaba yarayitsindiye ibitego 92 mu mikino 163 yakinnye.

 

TAGGED:ArsenalAubameyangfeaturedIkipe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga
Next Article Perezida Wa Guinea-Bissau Yarokotse Umugambi Wo Kumuhirika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?