Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Aubameyang ‘Yasezeye’ Muri Arsenal

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 February 2022 8:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Rutahizamu wa Arsenal witwa Pierre-Emerick Aubameyang yatangaje ko avuye muri Arsenal ababaye kuko agiye adasezeye bagenzi be ngo bishimane.

Hari amakuru avuga ko uyu mugabo agiye kujya gukinira FC Barcelona yo muri Espagne.

Ubuyobozi bwa Arsenal bwatangaje ko uyu rutahizamu mpuzamahanga ukomoka muri Gabon yemeranyije na Arsenal kuyivamo.

Hari hashize iminsi bihwihwiswa ko Aubameyang yirukanywe muri Arsenal ariko byemejwe ko ayivuyemo ku bwumvikane n’umutoza  Mikel Arteta.

Ibyo kumwirukana byatangiye kuvugwa mu byumweru bicye bishize nyuma y’uko Pierre –Emerick Aubameyang yitwaye nabi akanywa inzoga agasinda kandi azi neza ko afite umukino.

Icyo gihe umutoza yamwirukanye mu ikipe ndetse amwambura umwambaro wagenewe Kapiteni w’Ikipe.

Kuri Instagram Aubameyang yanditse ati: “ Rwose muri kamere yanjye nakunze gukina n’umutima wanjye wose. Kuba mvuye muri Arsenal ntasezeye bagenzi banjye twabanye muri ibi bihe byose, birambaje ariko nta kundi ni ko ibyo mu mupira w’amaguru bigenda.”

Aubameyang ati: ” Murabeho ndagiye”

Yifurije bagenzi be gukomeza akazi kabo kandi bakazakomeza gutsinda no mu gihe kiri imbere.

Pierre- Emerick Aubameyang yageze muri Arsenal avuye muri Borussia Dortmund.

Yari amaze imyaka ine muri Arsenal, akaba yarayitsindiye ibitego 92 mu mikino 163 yakinnye.

 

TAGGED:ArsenalAubameyangfeaturedIkipe
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abakozi Ba RIB Bahawe Umwenda Ubaranga
Next Article Perezida Wa Guinea-Bissau Yarokotse Umugambi Wo Kumuhirika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?