Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 12:44 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abaguzi bari baje guhahira muri rimwe mu maduka manini  y’i Sydney muri Australia bahuye n’akaga ubwo bumvaga induru z’abantu baterwaga icyuma n’umusore wahinjiye rwihishwa. Yishe abantu batandatu akomeretsa abandi babiri barimo umugore n’umwana w’uruhinja rw’amezi icyenda.

Ibi byabereye mu iduka rinini ryitwa Bondi Junction Westfiled Mall saa 3.30 z’ijoro.

Urwo ruhinja ruri kuvurwa n’abaganga ngo barebe ko barutabara ntirutakaze ubuzima.

Uwakoze ibi yishwe arashwe n’umupolisikazi wari wamubonye.

Hari abandi bantu bakomerekejwe n’icyuma  batewe bajyanwa kuvurirwa hafi aho.

Abaturage bari aho hafi babwiye Polisi ko babonye abantu biruka bari kuvirirana amaraso.

Polisi iri gukora iperereza kuri ubu bwicanyi.

Abaturage barashimira uwo mupolisikazi warashe uwo muntu kuko iyo ataza kumuhamya ngo amutsinde aho, yari bukomeze kwica abandi.

Umupolisi yahise amurasa amutsinda aho
TAGGED:AustraliaIterabwobaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uruhare Rw’Itangazamakuru Muri Jenoside Ni Runini- Dr. Gakwenzire Uyobora IBUKA
Next Article Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?