Mango Telecom Irashinjwa Kwirukana Umukozi Azira Ko ‘Atwite’
Mango Telecom Ltd icuruza internet mu Rwanda ikomeje kuvugwaho byinshi ku mbuga nkoranyambaga, ishinjwa…
Gukingira COVID-19 Byageze Muri Za Gare No Mu Mashuri
Mu gihe Guverinoma y’u Rwanda ikomeje gukingira COVID-19, imbaraga zerekejwe ahantu hahurira abantu benshi…
Niyonzima Olivier Yahagaritswe Mu Ikipe y’Igihugu
Ishyirahamwe ry’Umupira w’amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ryahagaritse Niyonzima Olivier Sefu mu Ikipe…
Abantu Batanu Bafunzwe Bakekwaho Ibyaha By’Ubwicanyi No Gusibanganya Ibimenyetso
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha (RIB) rwatangaje ko rufunze abantu batanu bakekwaho ibyaha by’ubwicanyi, gukubita cyangwa…
U Bushinwa Bwasabye Amerika Kubwubaha, Nayo Ibusaba Kutayendereza
Nibwo butumwa bw’ingenzi bukubiye mu biganiro byaraye bihuje Perezida w’u Bushinwa Xi Jinping na…
Gen Murasira Yagiye Gutsura Umubano N’Ingabo Za Zimbabwe
Minisitiri w’ingabo Major General Albert Murasira ari i Harare muri Zimbabwe mu ruzinduko rugamije…
Telefoni 4,144 Zigezweho Zahawe Abatishoboye Muri Gahunda Ya Connect Rwanda
Minisiteri y’Ikoranabuhanga na Inovasiyo (MINICT), MTN Rwanda n'abafatanyabikorwa basubukuye igikorwa cyo gushyikiriza abatishoboye telefoni…
Dr Ngirente Yasabye Ko Uburezi Buhuzwa n’Ibikenewe Ku Isoko Rya Afurika
Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente yasabye ko uburezi buhuzwa n’ibikenewe ku isoko ry’umurimo, nk’uburyo…
Leta Y’U Rwanda Mu Rukiko Iregwa N’Umunyamakuru Byansi
Ubwo Urukiko rw’ikirenga rwategaga amatwi ibisobanuro ku kirego umunyamakuru Byansi Samuel Baker yakigejejeho avuga…
Abanyeshuri 7700 Batsinzwe Ibizamini Bisoza Amashuri Yisumbuye
Minisiteri y’Uburezi yatangaje ko mu bakandida 72,910 bakoze ibizamini bya leta bisoza amashuri yisumbuye,…
Minisitiri Bayisenge Asaba Abanyamakuru Gukomeza Ubunyamwuga
Minisitiri w’uburinganire n’iterambere ry’umuryango Professeur Jeannette Bayisenge yasabye abayobozi b’ibinyamakuru gukora k’uburyo abakobwa n’abagore…
Ni Ukugabanya Amashagaga Mu Kuguru – CP Kabera Yaburiye Abatwara Ibinyabiziga
Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda CP John Bosco Kabera yaburiye abinubira ko kamera (camera)…
