Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Avuga Ko Amateka Y’u Rwanda Ababaje Ariko Ruhesha Ishema Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Avuga Ko Amateka Y’u Rwanda Ababaje Ariko Ruhesha Ishema Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2021 2:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Centrafrique Madamu Sylvie Baïpo Temon, yasuye Ingoro yerekana urugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, ashima ko u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyarubayeho.

Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi, Minisitiri Sylvie Baïpo Temon yanditse ko n’ubwo amateka y’u Rwanda yarushegeshe, muri iki gihe rutera ishema Afurika kubera urwego rugezeho rwiteza imbere kandi rugaharanira ishema ry’Afurika.

Yanditse ati: “ Ndashima ingabo za APR  kubera ubutwari bwanyu mu kubohora u Rwanda kandi bigaragara ko byose mwabikoze kubera kwiyemeza no kutazezuka. Ni isomo ryiza ry’ubuzima.”

Sylvie Baïpo Temon yageze mu Rwanda kuwa Mbere tariki 08, Gashyantare, 2021 yakorwa na mugenzi w’u Rwanda Dr Vincent Biruta.

Nyuma bahaye ikiganiro abanyamakuru bababwira ko intego y’uruzinduko rwa Min Sylvie Baïpo Temon ari ugutwura umubano mu bufatanye mu bukungu no kureba uko u Rwanda rwivanye mu bibazo rwatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi.

Dr Vincent Biruta nawe aherutse gusura Centrafrique.

Sylvie Baïpo Temon yasuye u Rwanda nyuma y’iminsi mike RwandAir itangije ingendo i Bangui, ariko ikajya ibanza kunyura i Douala muri Cameroun.

 

TAGGED:CentrafriquefeaturedGashyantareJenosideRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gereza Yarankosoye:P-Fla
Next Article COVID-19 Yaturutse Ahandi Hatari I Wuhan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?