Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Avuga Ko Amateka Y’u Rwanda Ababaje Ariko Ruhesha Ishema Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Avuga Ko Amateka Y’u Rwanda Ababaje Ariko Ruhesha Ishema Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 February 2021 2:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ububanyi n’amahanga wa Centrafrique Madamu Sylvie Baïpo Temon, yasuye Ingoro yerekana urugamba rwo guhagarika Jenoside yakorewe Abatutsi, ashima ko u Rwanda rwiyubatse nyuma y’ibyarubayeho.

Mu butumwa yanditse mu gitabo cy’abashyitsi, Minisitiri Sylvie Baïpo Temon yanditse ko n’ubwo amateka y’u Rwanda yarushegeshe, muri iki gihe rutera ishema Afurika kubera urwego rugezeho rwiteza imbere kandi rugaharanira ishema ry’Afurika.

Yanditse ati: “ Ndashima ingabo za APR  kubera ubutwari bwanyu mu kubohora u Rwanda kandi bigaragara ko byose mwabikoze kubera kwiyemeza no kutazezuka. Ni isomo ryiza ry’ubuzima.”

Sylvie Baïpo Temon yageze mu Rwanda kuwa Mbere tariki 08, Gashyantare, 2021 yakorwa na mugenzi w’u Rwanda Dr Vincent Biruta.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma bahaye ikiganiro abanyamakuru bababwira ko intego y’uruzinduko rwa Min Sylvie Baïpo Temon ari ugutwura umubano mu bufatanye mu bukungu no kureba uko u Rwanda rwivanye mu bibazo rwatewe na Jenoside yakorewe Abatutsi.

Dr Vincent Biruta nawe aherutse gusura Centrafrique.

Sylvie Baïpo Temon yasuye u Rwanda nyuma y’iminsi mike RwandAir itangije ingendo i Bangui, ariko ikajya ibanza kunyura i Douala muri Cameroun.

 

TAGGED:CentrafriquefeaturedGashyantareJenosideRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gereza Yarankosoye:P-Fla
Next Article COVID-19 Yaturutse Ahandi Hatari I Wuhan
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?