Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bakangishije Abantu Imbunda Z’Ibipupe Babiba Amafaranga( Frw) Menshi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bakangishije Abantu Imbunda Z’Ibipupe Babiba Amafaranga( Frw) Menshi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 22 May 2021 1:25 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Polisi y’u Rwanda yerekanye abantu umunani ivuga ko yafatiye mu byaha birimo n’ubujura bukoresheje  kubatera ubwoba.

Ivuga ko imaze amezi abiri ikurikirana ibikorwa byabo ari nako ibashakisha ngo ibafate.

Bamwe mu bafashwe bavuze ko bemeye ibyaha kubera ko bakubiswe ndetse ngo hari n’uwakubiswe mu maguru.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko bariya bantu bibaga abantu binyuze mu kubashuka.

Ngo bazaga bakagura igicuruzwa runaka bakakijyana ku kigurisha ku wundi ku giciro gito hanyuma umwe muri akagaruka akabaza  wa wundi wabibagurishije impamvu yatanze ibintu atabahaye impamyabuguzi yemewe, mu gihe bakibyibaza, bakabibambura bakabijyana.

Kuri uyu wa Gatandatu tariki 22, Gicurasi, 2021 kandi ngo Polisi hari umwe yafashe muri bo, imufatiye i Muhanga agiye kwiba umuceri.

Umuvugizi wa Polisi y’u Rwanda Commissioner of Police( CP) John Bosco Kabera avuga ko bariya bantu bibishaga intwaro y’igikinisho( igipupe) batungaga abantu bakabatera ubwoba bakabaka amafaranga.

Hari umwe muri bariya bafashwe wahimbye ikarita ya gisirikare ashyiraho ko ari Captaine mu ngabo z’u Rwanda.

Ikindi kandi bariya bantu bari bafite amapingu bakoreshaga baboha abo bashaka kwiba.

Uvuga ko yakubiswe n’inzego z’umutekano ni amatakirangoyi…

Umwe mu bafashwe yavuze ko kuba yemera iby’uko yibye, yabyemejwe n’inkoni yakubiswe.

Kuri iyi ngingo Polisi ivuga ko ibyo avuga ari amatakirangoyi, ko nta kundi umuntu wafatanywe imbunda y’igipupe, afite ikarita ya gisirikare y’impimbano yavuga kundi bitari amatakirangoyi.

Bisobanuye ariko ngo ni amatakirangoyi
TAGGED:featuredIgipupeImbundaKaberaPolisiubujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Amafoto: Minisitiri Gatabazi Mu Ruzinduko I Rusizi
Next Article REG Ishinja Abakozi Bayo Kuyiba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanya Eritrea Baba Muri Amerika Baje Gushora Mu Mikino Mu Rwanda

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

DRC: Bashyinguye Bundi Bushya Nyuma Y’Uko Imyuzure Ishenye Irimbi

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

RDB Yakoresheje Imibare Inyomoza Abanditse Ko Abanyamerika Bashora Mu Rwanda Bagabanutse

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Abanyarwanda Icyo Bakwiyemeza Nticyabananira- Maj Gen (Rtd) Jack Nziza

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Wa Centrafrique Ari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Umuyobozi Wa Imbuto Foundation Hari Icyo Asaba Abato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?