Mu Murenge wa Masaka harasiwe umugabo witwa Jean Rusanga w’imyaka 37 y’amavuko bivugwa ko yari umujura wari wagiye kwiba mu rugo rw’uwitwa Abdoni Hakizimana. Amakuru avuga...
Polisi y’i San Mateo muri California ivuga ko hari imirambo irindwi y’Abashinwa babaga muri iriya Leta yasanze bishwe barashwe. Umugabo w’imyaka 67 yatawe muri yombi akekwaho...
Michael Haight yishe abana be batanu, umugore we na nyirabukwe abarashe na we arirasa. Byabereye muri Amerika ahitwa Utah mu Mujyi witwa Enoch City. Abaturanyi b’uyu...
Ubushinjacyaha mu Ntara yitwa Nara yo mu Buyapani buvuga ko rwagati muri Mutarama, 2023 buzageza mu rukiko umugabo w’imyaka 42 witwa Yamagami bukurikiranyeho kwica uwahoze ari...
Abagabo babiri batawe muri yombi na Polisi y’u Rwanda ifatanyije n’izindi nzego nyuma y’igihe ibakashikisha kubera ubwicanyi bakurikiranyweho bwakoreshaga imbunda. Abafashwe bahuje izina ‘rya’Ndagijimana, ariko umwe...