Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2022 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu ze zikwiye kudahabwa agaciro.

Umwe mu banyamategeko bamwunganira witwa Me Jean-Baptiste Habyarimana yabwiye urukiko ko bajuriye kubera impamvu eshatu.

Iya mbere ni uko bashaka ko icyaha yahamijwe cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze, gikwiye gukurwaho, indi ikaba ko agabanyirizwa indishyi ya Miliyoni Frw 60, ikaba Miliyoni Frw 30 indi mpamvu ya gatatu ikaba gusaba guhabwa igihano cy’igifungo gisubitse ku cyaha yahamijwe cyo kwiha umutungo w’abandi.

Bamporiki kandi yavuze ko kumuca Miliyoni Frw 60 z’indishyi bidashyize mu gaciro ahubwo ngo aba yaraciwe Miliyoni Frw 30.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iby’uko yarekurwa agakurikiranwa adafunzwe, Me Habyarimana yavuze ko umukiliya we akwiye kurekurwa akajya kwita k’umugore we urwaye guhera mu mwaka wa 2021.

Mu maburanisha yabanjirije ikatwa ry’uru rubanza ryakozwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bwari bwasabye ko Bwana Edouard Bamporiki yakatirwa imyaka 20 y’igifungo ndetse n’indishyi ya Miliyoni Frw 200.

Urukiko rwagiye kwiherera iminota 30 nyuma rukagaruka rukagira icyo rutangaza…

TAGGED:BamporikifeaturedRuswaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda
Next Article Ramaphosa Yatorewe ‘Gukomeza’ Kuyobora ANC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?