Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Bamporiki Yasabye Urukiko Guhabwa Igifungo Gisubitse

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 December 2022 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubwo Hon Edouard Bamporiki n’abamwunganira mu mategeko bagezaga ku rukiko rukuru impamvu z’ubujurire bwabo, bavuze ko bikwiye ko ikirego cy’uko yakoresheje ubushobozi yahabwaga n’amategeko mu nyungu ze zikwiye kudahabwa agaciro.

Umwe mu banyamategeko bamwunganira witwa Me Jean-Baptiste Habyarimana yabwiye urukiko ko bajuriye kubera impamvu eshatu.

Iya mbere ni uko bashaka ko icyaha yahamijwe cyo gukoresha ububasha ahabwa n’amategeko mu nyungu ze, gikwiye gukurwaho, indi ikaba ko agabanyirizwa indishyi ya Miliyoni Frw 60, ikaba Miliyoni Frw 30 indi mpamvu ya gatatu ikaba gusaba guhabwa igihano cy’igifungo gisubitse ku cyaha yahamijwe cyo kwiha umutungo w’abandi.

Bamporiki kandi yavuze ko kumuca Miliyoni Frw 60 z’indishyi bidashyize mu gaciro ahubwo ngo aba yaraciwe Miliyoni Frw 30.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Iby’uko yarekurwa agakurikiranwa adafunzwe, Me Habyarimana yavuze ko umukiliya we akwiye kurekurwa akajya kwita k’umugore we urwaye guhera mu mwaka wa 2021.

Mu maburanisha yabanjirije ikatwa ry’uru rubanza ryakozwe n’Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge, ubushinjacyaha bwari bwasabye ko Bwana Edouard Bamporiki yakatirwa imyaka 20 y’igifungo ndetse n’indishyi ya Miliyoni Frw 200.

Urukiko rwagiye kwiherera iminota 30 nyuma rukagaruka rukagira icyo rutangaza…

TAGGED:BamporikifeaturedRuswaUrukiko
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Urukiko Rwemereye Guverinoma Y’u Bwongereza KOHEREZA Abimukira Mu Rwanda
Next Article Ramaphosa Yatorewe ‘Gukomeza’ Kuyobora ANC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

UN N’u Rwanda Mu Bufatanye Bufite Agaciro Ka Miliyari $1

Nduhungirehe Mu Nama Ihuza Afurika N’Uburayi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Hagiye Kongera Kwibukwa Imiryango Y’Abatutsi Yazimye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamerthe Ntashira Amakenga Iby’Amasezerano Y’Amahoro Ya DRC N’u Rwanda 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

BAL: Ikipe Ya Libya Yatsinze APR BBC Yari Imaze Igihe Yitwaye Neza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Zahabu Igiye Kuba Indi Mari Ibitswe Muri BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?