Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bamwe Mu Bashikuzaga Abantu Telefoni Bafashwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUmutekano

Bamwe Mu Bashikuzaga Abantu Telefoni Bafashwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 April 2024 3:52 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urwego rw’Ubugenzacyaha rwafashe bamwe mu basore bakurikiranyweho gushikuza abantu amasakoshi. Bafatiwe mu bikorwa bitandukanye byo kubahiga byabereye hirya no hino mu Rwanda.

Abagize ako gatsiko bavugwaho ko bakoreraga ubwo bujura mu mahahiro manini( supermarkets), aho banyweshereza essence na mazout ndetse n’ahandi hasa n’ahiherereye bashikurizaga abantu telefoni n’amasakoshi.

Aba bakekwaho ibi byaha bafungiwe kuri station za RIB z’i Remera, Kimihurura na Kicukiro mu gihe dosiye zagitunganywa ngo zishyikirizwe ubushinjacyaha.

Umuvugizi wa RIB Dr. Thierry B. Murangira ashimira abatanga amakuru kugira ngo abagizi ba nabi bafatwe.

RIB isaba abajura kubireka batarafatwa

Ashishikariza n’abandi bose bafite amakuru ku bakora ibyaha kwihutira kubimenyesha RIB n’izindi nzego zishinzwe umutekano kugira ngo ibyaha bikumirwe kandi ababikora bafatwe.

Bimwe mu byo bafatanywe bakoreshaga mu kwiba
TAGGED:featuredItsindaMurangiraRIBtelefoniubujura
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umwe Mu Batoza Ba APR FC Yapfuye
Next Article Kubwizanya Ukuri Ku Mateka Y’u Rwanda Bigize Ubudaheranwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?