Bamwe mu bafite ubumenyi mu ikoranabuhanga babukoresha mu kwica amategeko ndetse no kusibanganya ibimenyetso byashingirwaho mu gushakisha telefoni zibwe. Bamwe mu babikora baherutse gufatwa na Polisi...
Ruganzu Gerard usanzwe ari umuforomo ukorera mu Karere ka Nyagatare niwe wabaye umunyamahirwe wa kabiri wegukanye ipikipiki muri Tombola ya CANAL+ RWANDA. Abandi banyamahirwe batomboye Televiziyo,...
Itangazo ryaturutse muri MTN Rwanda rivuga ko Telefoni zitwa Blackberry zizaba zatagikora guhera tariki 04, Mutarama, 2022. Abasanzwe bakoresha telefoni zo muri ubu bwoko zikoresha ikoranabuhanga...
Uruganda ruhanga udushya mu misusire y’ibintu( design) rwitwa Caviar rwakoze igifubiko cy’icyuma kizashyira inyuma y’ibyuma by’ikoranabuhanga bikoze iPhone 13 Pro Max,gikozwe na zahabu ifite ibyo bita...
Mu Burusiya, Singapore, mu Bushinwa, Australia n’ahandi ku isi, abantu baraye ku mirongo bategereje ko amaduka ya Apple acuruza Telefoni za i Phone afungura ngo babe...