Abatuye Umurenge wa Busasamana n’indi mirenge ituriye Umujyi wa Nyanza bahuriye kuri stade Nyanza kugira ngo bagure telefoni za Airtel zihendutse. Nibo bahereweho mu Ntara y’Amajyepfo...
Ubuyobozi bw’Intara y’Amajyaruguru ndetse n’ubwa Airtel Rwanda bwahaye abatuye Akagari ka Rusumo, Umurenge wa Butaro telefoni zifite murandasi yihuta ya 4G kugira ngo zizabafashe guhanahana amakuru...
Mu byaha icyenda Gen Alain Guillaume Bunyoni aregwa mu rukiko rw’ikirenga rw’Uburundi, uyu mugabo wabaye umwe mu bakomeye muri iki gihugu yavuze ko ibyo ashinjwa byagaragaye...
Umusore bita X-Dealer( amazina nyayo ni Eric Ndagijimana) yakatiwe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyarugenge gufungwa iminsi 30 y’agateganyo nyuma y’uko rusanze impamvu zatanzwe n’ubushinjacyaha zo kumufunga iriya...
N’ubwo yishimiye ko igitaramo cye cyitabiriwe kandi kigashimisha abantu, ku rundi ruhande The Ben yibwe telefoni ubwo yari yagiye guhura n’abafana be muri ‘Meet and Great’...