Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Banki Y’Isi Yakomanyirije Uganda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Banki Y’Isi Yakomanyirije Uganda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 09 August 2023 7:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Itangazo rya Banki y’Isi ryasohotse kuri uyu wa Kabiri taliki 08, Kanama, 2023 rivuga ko nta wundi mushinga w’iterambere rya Uganda bazatera inkunga kubera ko badashaka ko hari bamwe mu baturage ba kiriya gihugu bazayihezwaho kubera ko ‘ari abatinganyi.’

Iki cyemezo kivuga ko kuba hari itegeko Uganda iherutse gutora ryo kurwanya ubutinganyi bivuze ko hari bamwe mu baturage bayo batazungukirwa n’imishinga itandukanye irimo n’iyo Banki y’isi itera inkunga.

Ku rubuga rw’iyi Banki handitseho ko kubera iyo mpamvu, bagiye guhagarika amafaranga bahaga Uganda mu mishinga y’iterambere kuzageza ubwo izagaragaza ko buri muturage wayo afite uburenganzira bungana n’ubwa mugenzi we.

Iyi banki ivuga ko itegeko rirwanya ubutinganyi riherutse kwemerwa muri Uganda rinyuranyije n’indangagaciro igenderaho.

Ni itegeko bise Anti-Homosexuality Act.

Iki cyemezo cya Banki y’isi kije gikurikira ibyo Inteko ishinga amategeko y’Amerika yari imaze igihe itangaje  ko bikwiye ko Washington yereka Kampala ko kwemeza ririya tegeko byabaye ikosa rikomeye rya Politiki.

 

TAGGED:AbatinganyifeaturedItegekoMuseveniUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article IBUKA Ntishyigikiye Icyemezo Cy’Uko Kabuga Arekurwa ‘Byanze Bikunze’
Next Article Sudani: Hadutse Indwara Kubera Imirambo Idashyinguye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?