Umuhungu wa Perezida Museveni witwa Gen. Muhoozi Kainerugaba yaraye atangarije kuri Twitter ko mu mwaka wa 2026 aziyamamariza kuyobora igihugu gisanzwe gitegekwa na Se guhera mu...
John Mwesigwa Robin Nagenda yari umujyanama mukuru wa Perezida Museveni yapfuye. Yavukiye mu Rwanda taliki 25, Mata, 1938. Yari umunyamakuru w’umwuga kandi watangiye kwandika kera kuko...
Inama yahuje Abakuru b’Ibihugu bigize Umuryango w’Afurika y’i Burasirazuba yaraye ibereye i Bujumbura, yamaze amasaha arenga ane. Perezida Museveni wa Uganda na Samia Suluhu Hassan wa...
Minisitiri w’umutekano wa Uganda witwa Gen Jim Muhwezi yabwiye Inteko ishinga amategeko ko Minisiteri ayoboye yatanze umushinga w’ingengo y’imari ingana na Miliyari Shs 21.9 yo kugura...
Ku cyicaro cya Ambasade ya Uganda muri Amerika kiri i Washington habereye inama yakozwe n’itsinda ryoherejwe na Guverinoma ya Uganda ngo rizayihagararire mu nama Amerika izagirana ...