Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2021 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura RMC, Cléophas Barore yatorewe kuba Umuyobozi wungirije w’Ikigo Nyafurika Kigenzura mu by’itangazamakuru mu gace k’Afurika yo hagati. Iki kigo kitwa Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States(ECCAS).

Inama yabereyemo amatora yateraniye muri Cameroon mu Mujyi wa Douala.

Barore amaze imyaka isaga 25 mu mwuga w’itangazamakuru.

UPDATE:@rbarwanda’s Cleophas Barore, who is also the Chairperson of the @RMC_Rwanda has been elected as the Vice Chairperson of the Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States (ECCAS) region, during a meeting held in Douala, Cameroon. pic.twitter.com/dtYbPfuWvX

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) December 15, 2021

Yakoze igihe kirekire mu cyahoze ari Ofise Nyarwanda ishinzwe amatangazo ya Leta( Office Rwandais de l’Information, ORINFOR).

Iki kigo cyaje guhindura izina kitwa RBA kandi n’ubu aracyagikoramo.

Afite uburyo bwihariye ayoboramo ibiganiro, bushingiye cyane cyane k’ukuba azi amateka ya Politiki y’u Rwanda ndetse akagira akarusho ko kumenya kubaza ibibazo bikomeye ariko bibajijwe neza k’uburyo ubajijwe amenya uko asubiza.

Yize mu Kigo IFAK ndetse na Kaminuza.

Ni umugabo wubatse ufite barenga batanu.

Asengera muri idini rya ADEPR akagira n’umuhamagaro wo kwigisha ijambo ry’Imana.

TAGGED:BaroreCameroon. ItangazamakurufeaturedIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage B’i Bugesera Biyubakiye Umuyoboro W’Amazi
Next Article Impamvu Zikomeye Zatumye Amabwiriza Yo Kurwanya COVID-19 Mu Rwanda Akazwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Tuzakomeza Gukorana N’u Rwanda No Mu Guhanga Udushya-Amb Wa Israel

Rwanda: 34% By’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Nibo Bateganyirizwa N’Abakoresha

Abatahutse Bava DRC Batangajwe N’Uko Basanze U Rwanda Rusa

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Nyanza: Nyiri Akabari Akurikiranyweho Guta Umukecuru Mu Bwiherero

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Tanzania: Ishyaka CHADEMA Ryagize Icyo Rivuga Ku Byavuye Mu Matora

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Afurika Yunze Ubumwe Yashimiye Samia Ku Ntsinzi Ye

Twifuza Ko Kagame Yatubera Umuhuza-Ambasaderi Wa Sudani

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

You Might Also Like

Mu mahanga

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Uburayi Burasaba Abo Mu Burasirazuba Koroshya Ngo Ubutabazi Bugere Ku Mbabare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibidukikije

Rutsiro: Imbwa Z’Ibihomora Zugarije Pariki Ya Gishwati-Mukura N’Abayituriye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?