Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Barore Yatorewe Umwanya Mu Kigo Kita Ku Itangazamakuru Muri Afurika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 December 2021 4:15 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuyobozi w’Urwego rw’Abanyamakuru bigenzura RMC, Cléophas Barore yatorewe kuba Umuyobozi wungirije w’Ikigo Nyafurika Kigenzura mu by’itangazamakuru mu gace k’Afurika yo hagati. Iki kigo kitwa Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States(ECCAS).

Inama yabereyemo amatora yateraniye muri Cameroon mu Mujyi wa Douala.

Barore amaze imyaka isaga 25 mu mwuga w’itangazamakuru.

UPDATE:@rbarwanda’s Cleophas Barore, who is also the Chairperson of the @RMC_Rwanda has been elected as the Vice Chairperson of the Media Regulators Institutions in the Economic Community of Central African States (ECCAS) region, during a meeting held in Douala, Cameroon. pic.twitter.com/dtYbPfuWvX

— Rwanda Broadcasting Agency (RBA) (@rbarwanda) December 15, 2021

Yakoze igihe kirekire mu cyahoze ari Ofise Nyarwanda ishinzwe amatangazo ya Leta( Office Rwandais de l’Information, ORINFOR).

Iki kigo cyaje guhindura izina kitwa RBA kandi n’ubu aracyagikoramo.

Afite uburyo bwihariye ayoboramo ibiganiro, bushingiye cyane cyane k’ukuba azi amateka ya Politiki y’u Rwanda ndetse akagira akarusho ko kumenya kubaza ibibazo bikomeye ariko bibajijwe neza k’uburyo ubajijwe amenya uko asubiza.

Yize mu Kigo IFAK ndetse na Kaminuza.

Ni umugabo wubatse ufite barenga batanu.

Asengera muri idini rya ADEPR akagira n’umuhamagaro wo kwigisha ijambo ry’Imana.

TAGGED:BaroreCameroon. ItangazamakurufeaturedIkigo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage B’i Bugesera Biyubakiye Umuyoboro W’Amazi
Next Article Impamvu Zikomeye Zatumye Amabwiriza Yo Kurwanya COVID-19 Mu Rwanda Akazwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?