Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Baturutse Henshi Ku Isi Baza Kibeho Kwizihiza Isubira Mu Ijuru Rya Bikira Mariya
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Baturutse Henshi Ku Isi Baza Kibeho Kwizihiza Isubira Mu Ijuru Rya Bikira Mariya

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 August 2023 7:51 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abantu barenga 70,000 barututse hirya no hino ku isi bari bari mu Rwanda mu kwizihiza umunsi abamera Imana bavuga ko ari wo Bikira Mariya Nyina wa Yezu yasubiriye mu ijuru.

Ni umunsi mukuru uba buri taliki 15, Kanama, buri mwaka.

Mu Rwanda ahantu bakunda guhurira ni i Kibeho mu Karere ka Nyaruguru.

Ahandi mu Rwanda abasuye u Rwanda bahuriye ni ahitwa Congo Nil muri Rutsiro na Karongi

Musenyeri wa Diyoseze ya Gikongoro Celéstin Hakizimana avuga ko umunsi Bikira Mariya yagiye mu ijuru yagiye apfuye neza kandi ngo gupfa neza bihera mu ukubaho neza.

Avuga ko ku italiki 15, Kanama, 1982 ari bwo Bikira Mariya yabonekeye abakobwa bigaga i Kibeho.

Abanyamahanga baje mu Rwanda mu kwizihiza uyu munsi bavuga ko iyo bageze i Kibeho bumva baguwe neza kubera ko  baba bageze ku gicumbi cy’ubutumwa Bikira Mariya Nyina wa Jambo yahekereyeho Abanyarwanda by’umwihariko n’Abanyafurika muri rusange.

Imibare irerekana ko abayoboke ba Kiliziya Gatulika baje kwizihiza uyu munsi biyongereye mu mwaka wa 2023 ugereranyije n’uko byari bimeze mbere y’uko COVID-19 yaduka ku isi no mu Rwanda by’umwihariko.

Hari abaturutse i Burayi
Bari bateze amatwi
Abaririmbyi bari bizihije igitambo cya Misa

Indi wasoma bijyanye:

Umunsi Bikira Mariya Ajya Mu Ijuru, Nibwo Ab’i Kibeho Bemerewe Kujya Bahasengera

TAGGED:AmasengeshoBakirafeaturedKibehoMariyaNyaruguru
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article 4.8% By’Abanyarwanda Barwara Igicuri
Next Article Gatsibo: RIB N’Ubuyobozi Bihanije Abitwa Imparata
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Imbuto N’Imboga Biri Mu Bikomeje Kwinjiriza u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?