Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Beretse Umuyobozi Wa IMF Imishinga Irengera Ibidukikije Bahanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Beretse Umuyobozi Wa IMF Imishinga Irengera Ibidukikije Bahanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2023 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku minsi we wa kabiri w’uruzinduko arimo mu Rwanda, Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva yaganiriye n’Abanyarwanda bafite imishinga irengera ibidukikije.

Ibi biganiro byabereye mu kigo gifasha ba rwiyemezamirimo guhanga udushya kiri mu Mujyi wa Kigali kitwa Norresken.

Ba rwiyemezamirimo bagaragarije Georgieva ko bishimira imbaraga Leta ishyira mu bukungu butangiza ibidukikije.

Bamubwiye kandi ko bizeye ko imishinga bakoze igamije kurengera ibidukikije, izaterwa inkunga na Leta y’u Rwanda binyuze muri Miliyoni $319 Ikigega ayoboye giherutse kwemerera u Rwanda.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yo kumva ibitekerezo bya bariya ba rwiyemezamirimo, Kristalina Georgieva yasuye bimwe mu   byo bamuritse byerekana imishinga yabo yo guteza imbere ubukungu burengera ibidukikije.

Kuri uyu wa Gatatu ubwo yagezaga ijambo kuri ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika y’i Burasirazuba, Kristalina Georgieva yabasabye gukora imishinga ihamye bakayigeza ku buyobozi bwa kiriya kigo kugira ngo buyige harebwemo iyaterwa inkunga.

Yashimye uburyo u Rwanda rukora uko rushoboye ngo rugere ku ntego rwihaye zo kuzamura ubukungu butangiza ibidukikije, ibyo bita ‘green economy.’

Igishushanyo mbonera cy’imwe mu nzu zizaba zubatswe mu buryo burengera ibidukikije
TAGGED:featuredIbidukikijeImariKristalinaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Bashyingura Mu Butaka Bukomeye Nk’Urutare
Next Article Inama Yahuje Imitwe Yo Muri DRC Yigeze Kubera I Nairobi Yari Ikinamico- Dr Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?