Mu Rwanda
Muri Kimisagara Hari Igaraje ‘Ryahiye’

Amakuru Taarifa yakuye muri bamwe mu baturage bo muri Kimisagara avuga ko mu gace kuriya murenge gaturanye na Nyabugogo hari igaraje riri gushya.
Ni igaraje rituriye uruganda rukora inkweto.
Ubwo twandikaga iyi nkuru hari amakuru yavugaga ko Polisi iri hafi kuhagera ngo izimye.
Nturamenya igicyekwaho kuba intandaro, ingano y’ibyahiye ndetse niba nta muntu waba wahiriyemo.
Ikindi ni uko ahahiye haturanye n’ibagiro rya Nyabugogo.
Iriya nkongi yabereye mu bilometero bicye uva Nyabugogo ugana Kimisagara
Ni inkuru tugikurikirana…