Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Beretse Umuyobozi Wa IMF Imishinga Irengera Ibidukikije Bahanze
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Beretse Umuyobozi Wa IMF Imishinga Irengera Ibidukikije Bahanze

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 January 2023 1:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ku minsi we wa kabiri w’uruzinduko arimo mu Rwanda, Umuyobozi mukuru w’Ikigega mpuzamahanga cy’imari Kristalina Georgieva yaganiriye n’Abanyarwanda bafite imishinga irengera ibidukikije.

Ibi biganiro byabereye mu kigo gifasha ba rwiyemezamirimo guhanga udushya kiri mu Mujyi wa Kigali kitwa Norresken.

Ba rwiyemezamirimo bagaragarije Georgieva ko bishimira imbaraga Leta ishyira mu bukungu butangiza ibidukikije.

Bamubwiye kandi ko bizeye ko imishinga bakoze igamije kurengera ibidukikije, izaterwa inkunga na Leta y’u Rwanda binyuze muri Miliyoni $319 Ikigega ayoboye giherutse kwemerera u Rwanda.

Nyuma yo kumva ibitekerezo bya bariya ba rwiyemezamirimo, Kristalina Georgieva yasuye bimwe mu   byo bamuritse byerekana imishinga yabo yo guteza imbere ubukungu burengera ibidukikije.

Kuri uyu wa Gatatu ubwo yagezaga ijambo kuri ba rwiyemezamirimo bo muri Afurika y’i Burasirazuba, Kristalina Georgieva yabasabye gukora imishinga ihamye bakayigeza ku buyobozi bwa kiriya kigo kugira ngo buyige harebwemo iyaterwa inkunga.

Yashimye uburyo u Rwanda rukora uko rushoboye ngo rugere ku ntego rwihaye zo kuzamura ubukungu butangiza ibidukikije, ibyo bita ‘green economy.’

Igishushanyo mbonera cy’imwe mu nzu zizaba zubatswe mu buryo burengera ibidukikije
TAGGED:featuredIbidukikijeImariKristalinaUbukungu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ngoma: Bashyingura Mu Butaka Bukomeye Nk’Urutare
Next Article Inama Yahuje Imitwe Yo Muri DRC Yigeze Kubera I Nairobi Yari Ikinamico- Dr Biruta
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?