Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Arashaka Guha Ukraine Intwaro Z’Ubumara Zibujijwe Henshi Ku Isi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biden Arashaka Guha Ukraine Intwaro Z’Ubumara Zibujijwe Henshi Ku Isi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 July 2023 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bwa Joe Biden buvuga ko bumaze igihe buteganya kuzoherereza Ukraine intwaro zibujijwe mu bihugu 120 kubera ko zingiza abantu mu buryo bubabaje kandi zikaba zizwiho kwica abana kandi nabi.

Izi ntwaro bazita Cluster bombs.

N’ubwo izi ntwaro zibujijwe henshi ku isi ariko Amerika na Ukraine ntibyasinye amasezerano avuga ko izi ntwaro batazazikoresha.

The New York Times ivuga ko igitangaje ari uko intwaro nk’izi Uburusiya bwazikoresheje mu mwaka wa 2022 amahanga agasakuza, ndetse bamwe bakabyita ‘ibyaha by’intambara.’.

Abanyamerika bateganyije miliyoni $800 zo gutera inkunga Ukraine mu ntambara ihanganyemo n’ubutegetsi bwa Putin.

Iyo bombes zitwa Cluster zituritse zikwiza ibishashi birimo ubumara butwika kandi bikagera kure cyane k’uburyo akenshi bigera no ku basivili.

Izi bombe zangiza abantu cyane kandi zikagera no kubari mu ntera ndende

N’ubwo ari uko bimeze, Perezida wa Ukraine aherutse kuvuga ko ziriya bombe zizamufasha kwica Abarusiya barwanira ku butaka bamaze igihe barihishe mu ndake nini cyane bigoye kurasamo ukoresheje intwaro zisanzwe.

Bisa n’aho Washington ishaka gusubiza ibyifuzo bya Ukraine.

Abahanga mu mateka y’intambara Amerika yarwanye, bavuga ko iki gihugu buri gihe gikoresha ziriya ntwaro cyane cyane mu ntambara zikomeye irwana.

Yatangiye kuzikoresha mu ntambara ya Koreya aho yari ishyigikiye Koreya y’Amajyepfo.

Abarusiya nabo bigeze kuzikoresha muri Afghanistan.

TAGGED:AmerikaBombeBurusiyafeaturedUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Twitter Irashaka Kurega Urubuga Ruje Kuyikura Ku Isoko
Next Article Inama Ni Uko Abanyarwanda Batanywa Inzoga Na Nkeya- Min Nsanzimana
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?