Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Biro by’Umukuru w’Amerika imitwe yashyushye nyuma y’uko hari Umusenateri witwa Chuck Grassey wo mu Republican uvuze ko hari inyandiko yizewe FBI ifite isobanura umugambi mubisha Biden yari afitanye n’undi muntu wari bushyirwe mu bikorwa mu nyungu za Politiki.

Mu kiganiro Sen Grassey yaraye ahaye Fox News yavuze ko uriya mugambi Biden yari yarawutunganyije akiri Visi Perezida wa Barack Obama.

Grassey yabwiye umunyamakuru wa Fox News wirwa Sandra Smith ko FBI na Deparitoma y’ubutabera bagomba kugira icyo batangariza Abanyamerika kuri iyi ngingo, bakavuga niba barabonye iriya nyandiko, niba barayisesenguye cyangwa se barayibonye ntibagire icyo bayikoraho.

Senateri avuga ko uwamuhaye amakuru y’iyo nyandiko ari umuntu wo kwizerwa kandi ko ibiyikubiyemo ari ibyo kwizerwa.

Muri uwo mugambi bivugwa ko wari ukomeye harimo ko igikorwa cyari buwukorwemo cyari bugire ingaruka za politiki kandi uwagishyize mu bikorwa agahembwa amadolari menshi.

Senateri Chuck avuga ko bishoboka ko ubuyobozi bwa deparitoma y’ubutabera n’ubwa FBI bwahisemo kurenza ingohe kiriya kibazo kubera kurengera inyungu za politiki.

Ibi ngo bigomba gusobanurirwa Abanyamerika kandi bigakorwa vuba.

N’ubwo ari uko aba Republicans babivuga, hari abandi bavuga ko ari uburyo bwo gushyira igitotsi mu bikorwa bya Joe Biden uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Amerika.

Chuck Grassey

Biden yavuze ko mu kwiyamamaza kwe, azabwira abaturage ko nibamutora bazaba bamuhaye uburyo kurangiza akazi yatangiye.

Ibaruwa isaba ko hatangizwa iperereza
TAGGED:BidenFBIfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin
Next Article Rwanda:Toni 60 Z’Ibiribwa Zagejejwe Ku Bangirijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?