Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biden Aravugwa Mu Mugambi ‘Mubisha’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 May 2023 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Biro by’Umukuru w’Amerika imitwe yashyushye nyuma y’uko hari Umusenateri witwa Chuck Grassey wo mu Republican uvuze ko hari inyandiko yizewe FBI ifite isobanura umugambi mubisha Biden yari afitanye n’undi muntu wari bushyirwe mu bikorwa mu nyungu za Politiki.

Mu kiganiro Sen Grassey yaraye ahaye Fox News yavuze ko uriya mugambi Biden yari yarawutunganyije akiri Visi Perezida wa Barack Obama.

Grassey yabwiye umunyamakuru wa Fox News wirwa Sandra Smith ko FBI na Deparitoma y’ubutabera bagomba kugira icyo batangariza Abanyamerika kuri iyi ngingo, bakavuga niba barabonye iriya nyandiko, niba barayisesenguye cyangwa se barayibonye ntibagire icyo bayikoraho.

Senateri avuga ko uwamuhaye amakuru y’iyo nyandiko ari umuntu wo kwizerwa kandi ko ibiyikubiyemo ari ibyo kwizerwa.

Muri uwo mugambi bivugwa ko wari ukomeye harimo ko igikorwa cyari buwukorwemo cyari bugire ingaruka za politiki kandi uwagishyize mu bikorwa agahembwa amadolari menshi.

Senateri Chuck avuga ko bishoboka ko ubuyobozi bwa deparitoma y’ubutabera n’ubwa FBI bwahisemo kurenza ingohe kiriya kibazo kubera kurengera inyungu za politiki.

Ibi ngo bigomba gusobanurirwa Abanyamerika kandi bigakorwa vuba.

N’ubwo ari uko aba Republicans babivuga, hari abandi bavuga ko ari uburyo bwo gushyira igitotsi mu bikorwa bya Joe Biden uherutse gutangaza ko aziyamamariza kuyobora Amerika.

Chuck Grassey

Biden yavuze ko mu kwiyamamaza kwe, azabwira abaturage ko nibamutora bazaba bamuhaye uburyo kurangiza akazi yatangiye.

Ibaruwa isaba ko hatangizwa iperereza
TAGGED:BidenFBIfeatured
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Wa Ukraine Yagiye Kurega Putin
Next Article Rwanda:Toni 60 Z’Ibiribwa Zagejejwe Ku Bangirijwe N’Ibiza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?