Abashyigikiye Donald Trump bagiye ku rugo rwe ruri ahitwa Mar-a-Lago bajyana imodoka zabo ziriho amabendera y’Amerika ari ho n’amafoto ya Trump bamagana abakozi ba FBI baje...
Nta kwezi kurashira Perezida w’u Burusiya ahuye na mugenzi we utegeka Amerika bahurira mu Busuwisi. Icyo gihe Biden yaretse Putin urutonde rw’ibigo 16 atagomba kuzahirahira ngo...
Ni ubwa mbere mu mateka ya Polisi ku isi, ifatiye icyarimwe abagizi ba nabi 800 nyuma yo kubashuka ikabakorera ikoranabuhanga bari bujye baganiriraho(application) bityo ikamenya imigambi...