Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden yahisemo Umwirabura kugira ngo ayobore ingabo za USA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Biden yahisemo Umwirabura kugira ngo ayobore ingabo za USA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 December 2020 6:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Gen Austin
SHARE

Perezida wa USA watowe Joe Biden  yahisemo Gen Lloyd Austin kugira ngo azayobore ingabo za USA. Gen Austin niyemezwa na Sena azaba ari we Mwirabura wa mbere mu mateka ya USA uhawe ziriya nshingano.

Austin ni umusirikare ufite ipeti rya General w’inyenyeri enye. Yigeze gushingwa kuyobora ibiro bihuza ibikorwa by’ingabo za  USA mu kitwa U.S Central Command.

Abagize itsinda rizayoborana Perezida Joe Biden bose bagomba gutangazwa mbere ya Noheli ya 2020.

Lloyd  James Austin yavutse taliki 08, Kanama, 1953.

Yagiye mu kiruhuko cy’izabukuru muri 2016.

Mbere y’uko ayobora ibiro bihuza ibikorwa by’ingabo za  USA mu kitwa U.S Central Command, yabaye Umuyobozi wungirije w’ingabo za US, akaba yarakoze aka kazi guhera taliki 31, Werurwe, 12, kugeza taliki 22, Werurwe, 2013.

Yayoboye ingabo za USA muri Iraq zari mu gikorwa cya gisirikare bise Operation Dawn cyarangiye mu Ukuboza, 2011.

Yayoboye ingabo za USA muri Iraq asimbuye Gen Ray Odierno.

Kugeza ubu ingabo za USA zimaze kuyoborwa n’abantu 28.

Uziyobora muri iki gihe yitwa Christopher C. Miller .

Gen Austin
Iyi Minisiteri imaze kuyoborwa n’abantu 28 batari mo Umwirabura n’umwe
TAGGED:AustinBidenfeaturedIngaboJoeUmwiraburaUSA
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ethiopia: Hari ubwoba ko abarwanyi ba TPLF bashobora gutangiza ibitero shuma
Next Article Akazi ko mu bihe biri imbere kazakorwa neza biturutse ku ikoranabuhanga: Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Ushaka Kuyobora FERWAFA Afitiye Abasifuzi Gahunda Yo Kubahemba

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?