Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biden Yakiriye Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Biden Yakiriye Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 16 December 2022 6:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida w’Amerika Joseph(Joe) R. Biden yaraye yakiriye Perezida Kagame ku meza. Iki gikorwa cyo gutsura umubano hagati y’Amerika n’Afurika kitabiriwe n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika bitabiriye Inama yo ku rwego rwo hejuru iri guhuza impande zombie.

Iyi nama yaherukaga kuba mu myaka umunani(8) ishize. Yitwa USA-Africa Leaders Summit 2022.

Biden yafatanye ifoto y’urwibutso kandi n’abandi bakuru b’ibihugu by’Afurika byitabiriye iriya nama

Nta byinshi byatangajwe ku byo Kagame yaba yaganiriye na Biden ariko muri iki gihe u Rwanda rwabereye ibamba Amerika kuko yarusabye kurekura Paul Rusesabagina rurabyanga.

Kigali isobanurira Washington ko uwo yita umuturage w’Amerika, yakoreye Abanyarwanda ibyaha bihanwa n’amategeko kandi ko yafashwe agashyikirizwa ubutabera, agakatirwa.

Iby’’uko agomba kurekurwa byanze bikunze kubera ko Amerika ibishaka, u Rwanda rwarabigaramye.

Si ikibazo cya Rusesabagina gusa ahubwo Amerika ivuga ko u Rwanda rutera inkunga mu buryo butaziguye umutwe wa M23 wazengereje ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Umukuru warwo Paul Kagame avuga ko ibibazo bya DRC bireba abayobozi bayo, ko bagombye gukora politiki ziha abayituye bose amahoro, ntihagire abahezwa ku byiza by’igihugu.

Perezida Kagame avuga ko u Rwanda rufite ibibazo birureba rugomba gukemura, ko mu byo rushinzwe nta bibazo DRC birimo.

Perezida Kagame Yavuze Uko Ikibazo Cy’Umutekano Mucye Muri DRC Cyakemuka

TAGGED:AmerikaBidenDRCfeaturedKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bugesera: Akarere Kabungabunze Inyamaswa ‘Z‘Inzobe’
Next Article U Rwanda Rwaciye Ibinini Byitwa Ketoconazole Ku Isoko Ryarwo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Rwanda: Ntibiramenyekana Uko Amakipe Azahura Muri Shampiyona Ya 2025/2026

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUmutekano

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?