Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imideli

Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyizere, kandi akandagira agahamya!

Ni ibyasohotse mu kinyamakuru kitwa ‘Personality and Individual Differences.’

Indi ngingo abanditse biriya bemeza ngo ni uko hari umubare munini w’abagabo bemeza ko umugore wambaye inkweto zifite talon ishinze ‘agaragara neza’ kurusha uwambaye izitayifite.

Abanditse iriya nkuru bari bayobowe na Prof T.Joel Wade.

Babyanditse bashingiye ku bisubizo bahawe n’abagabo 448 babajijwe muri buriya bushakashatsi.

Ibyo babonye mu bushakashatsi bwabo ariko ntibiveba abambara inkweto ridafite talon izamuye, ahubwo bavuga ko inkweto zose mu bwoko bwazo zambarwa bitewe n’aho umuntu agiye, ibilo bye, umubyimba n’ikimero.

Bemeza ko gushyira mu gaciro mu byo umuntu yambara( harimo abagabo n’abagore) ari ingenzi kugira ngo aho aciye badasigara bibaza niba ibyo yambaye yabanje kubitekerezaho.

Ni ngombwa kuzirikana ko ibyo umuntu yambaye biba ari ibyo bya mbere bimuranga na mbere y’uko yereka abandi indangamuntu cyangwa ngo abereke ko afite cyangwa adafite ubumenyi runaka ku ngingo runaka ishishikaje.

Niyo mpamvu hari imvugo y’Abanyarwanda ivuga ko ‘uwambaye neza agaragara neza.’

Umuntu ugiye kuzamuka umusozi ntakwiye kwambara ziriya nkweto ariko ugiye mu Biro ashobora kuzambara.

 

TAGGED:AbagorefeaturedIbiroInkwetoUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahisemo Gukoresha Amafoto Ngo Asangize Abandi Ubwiza Bw’Ibidukikije
Next Article Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?