Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imideli

Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyizere, kandi akandagira agahamya!

Ni ibyasohotse mu kinyamakuru kitwa ‘Personality and Individual Differences.’

Indi ngingo abanditse biriya bemeza ngo ni uko hari umubare munini w’abagabo bemeza ko umugore wambaye inkweto zifite talon ishinze ‘agaragara neza’ kurusha uwambaye izitayifite.

Abanditse iriya nkuru bari bayobowe na Prof T.Joel Wade.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Babyanditse bashingiye ku bisubizo bahawe n’abagabo 448 babajijwe muri buriya bushakashatsi.

Ibyo babonye mu bushakashatsi bwabo ariko ntibiveba abambara inkweto ridafite talon izamuye, ahubwo bavuga ko inkweto zose mu bwoko bwazo zambarwa bitewe n’aho umuntu agiye, ibilo bye, umubyimba n’ikimero.

Bemeza ko gushyira mu gaciro mu byo umuntu yambara( harimo abagabo n’abagore) ari ingenzi kugira ngo aho aciye badasigara bibaza niba ibyo yambaye yabanje kubitekerezaho.

Ni ngombwa kuzirikana ko ibyo umuntu yambaye biba ari ibyo bya mbere bimuranga na mbere y’uko yereka abandi indangamuntu cyangwa ngo abereke ko afite cyangwa adafite ubumenyi runaka ku ngingo runaka ishishikaje.

Niyo mpamvu hari imvugo y’Abanyarwanda ivuga ko ‘uwambaye neza agaragara neza.’

- Advertisement -

Umuntu ugiye kuzamuka umusozi ntakwiye kwambara ziriya nkweto ariko ugiye mu Biro ashobora kuzambara.

 

TAGGED:AbagorefeaturedIbiroInkwetoUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahisemo Gukoresha Amafoto Ngo Asangize Abandi Ubwiza Bw’Ibidukikije
Next Article Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?