Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imideli

Bimwe Mu Byo Inkweto Z’Abagore Zifite Talo Ndende Zigaragaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2022 9:36 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu gihe imyambaro y’abagore n’uburyo barimba bihinduka buri munsi bitewe n’abahanga imideli, kimwe mu byo benshi bemeranyaho ni uko kwambara inkweto zizamuye bigaragaza ko umugore runaka yifitiye icyizere, kandi akandagira agahamya!

Ni ibyasohotse mu kinyamakuru kitwa ‘Personality and Individual Differences.’

Indi ngingo abanditse biriya bemeza ngo ni uko hari umubare munini w’abagabo bemeza ko umugore wambaye inkweto zifite talon ishinze ‘agaragara neza’ kurusha uwambaye izitayifite.

Abanditse iriya nkuru bari bayobowe na Prof T.Joel Wade.

Babyanditse bashingiye ku bisubizo bahawe n’abagabo 448 babajijwe muri buriya bushakashatsi.

Ibyo babonye mu bushakashatsi bwabo ariko ntibiveba abambara inkweto ridafite talon izamuye, ahubwo bavuga ko inkweto zose mu bwoko bwazo zambarwa bitewe n’aho umuntu agiye, ibilo bye, umubyimba n’ikimero.

Bemeza ko gushyira mu gaciro mu byo umuntu yambara( harimo abagabo n’abagore) ari ingenzi kugira ngo aho aciye badasigara bibaza niba ibyo yambaye yabanje kubitekerezaho.

Ni ngombwa kuzirikana ko ibyo umuntu yambaye biba ari ibyo bya mbere bimuranga na mbere y’uko yereka abandi indangamuntu cyangwa ngo abereke ko afite cyangwa adafite ubumenyi runaka ku ngingo runaka ishishikaje.

Niyo mpamvu hari imvugo y’Abanyarwanda ivuga ko ‘uwambaye neza agaragara neza.’

Umuntu ugiye kuzamuka umusozi ntakwiye kwambara ziriya nkweto ariko ugiye mu Biro ashobora kuzambara.

 

TAGGED:AbagorefeaturedIbiroInkwetoUbushakashatsi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Yahisemo Gukoresha Amafoto Ngo Asangize Abandi Ubwiza Bw’Ibidukikije
Next Article Cameroon: Indege Itwaye Abagenzi Yakoreye Impanuka Mu Ishyamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?