Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Biranugwanugwa Ko Umuyobozi Mushya Wa Hamas Yishwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Biranugwanugwa Ko Umuyobozi Mushya Wa Hamas Yishwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 October 2024 3:40 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Yahya Sinwar
SHARE

Amakuru agisuzumwa n’ubuyobozi bwa Israel aravuga ko Yahya Sinwar aherutse kugwa mu gitero iki gihugu giherutse kugaba muri Gaza. Ni igitero cy’indege cyagabwe kuri uyu wa Kane.

Icyakora ni amakuru ataremezwa na Israel cyangwa urundi rwego, ariko akaba ari gusuzumwa ishingiro ryayo.

Igitero Sinwar avugwa ko ‘ashobora kuba yaraguyemo’ cyagabwe n’indege gihitana abantu benshi barimo abarwanyi ba Hamas.

Ku rundi ruhande imirambo y’abo barwanyi iri gusuzumwana ubushishozi kugira ngo harebwe niba mu bapfuye harimo na Yahya Sinwar.

Sinwar niwe Israel ishinja ko yateguye igitero cyayigabweho mu mwaka wa 2023 hari taliki 07, Ukwakira.

Hari mu mpera z’Icyumweru ubwo abaturage ba Israel bari bari kwishimira hafi y’amazi, ibitero bya Hamas bibicamo abarenga 1200 abandi 250 bajyanwa bunyago.

Igitero Israel yarashe mu nzu bikekwamo ko yari irimo Yahya Sinwar nta baturage ba Israel bajyanyweho umunyago bari bahari.

Kugeza ubu Israel ivuga ko muri bariya bantu bayo hari abagera kuri 48 bamaze kwicwa.

Ubutasi bwa Israel buvuga ko Sinwar amaze iminsi aba mu myobo miremire yacukuwe na Hamas, akava mu mwobo umwe ajya mu wundi, kandi akirinda gukoresha ikoranabuhanga rya telefoni  ahubwo akohereza abantu ngo babe aribo baha abandi amakuru.

Niyo tekiniki Oussama Bin Laden yakoreshaga kugeza ubwo avumbuwe akicwa n’ingabo z’Abanyamerika zimutsinze muri Pakistan.

TAGGED:AbarwanyifeaturedHamasIsraelSinwarUmuyobozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Menya Uturere 13 Twakorewe Igishushanyo Mbonera Cy’Imikoreshereze Y’Ubutaka
Next Article Irebere Ferrari Ya Mbere Ihenze Kurusha Izindi Ku Isi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Shampiyona Y’Abagore Y’u Rwanda Izajya Ica Kuri Rubuga Rwa FIFA

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

ICPAR Yishimira Aho Igeze Iteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

Nyuma Y’u Rwanda, IShowSpeed Yakomereje Muri Kenya

Rwanda: 80.7% By’Abana Bari Munsi Y’Imyaka Itandatu Bahabwa Serivise Mu Irerero

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?