Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Blaise Compaoré Agiye Gukurikiranwaho Urupfu Rwa Thomas Sankara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Blaise Compaoré Agiye Gukurikiranwaho Urupfu Rwa Thomas Sankara

admin
Last updated: 13 April 2021 3:04 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko rwa Gisirikare muri Burkina Faso rwemeje ko Blaise Compaoré wahoze ayobora icyo guhugu atangira gukurikiranwa ku ruhare yaba yaragize mu rupfu rwa Thomas Sankara, wishwe mu myaka 34 ishize.

Urukiko rwemeje ko Compaoré uri mu buhungiro muri Côte d’Ivoire guhera ubwo yavaga ku butegetsi mu 2014, agomba gukurikiranwaho ibyaha birimo kubangamira umutekano w’igihugu, kugira uruhare mu bwicanyi no guhishira imirambo mu kirego kijyanye n’urupfu rwa Thomas Sankara.

Sankara yishwe ku myaka 37 mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryo ku wa 15 Ukwakira 1987, ryicaje ku ntebe mucuti we Blaise Compaoré. Mu myaka 27 yategetse nyuma yaho, kuvuga ku rupfu rwa Sankara byafatwaga nk’ikizira.

Guhera mu 2016 ibintu byarahindutse, atangira gukurikiranwa hamwe na General Diendéré wari umuntu we wa hafi.

Muri urwo rubanza abantu 14 nibo bagomba kugezwa imbere y’urukiko.

Hari amakuru ko bigoye ko Compaoré yakoherezwa muri Burkina Faso ngo aburanishwe, kuko yamaze kubona ubwenegihugu bwa Côte d’Ivoire kubera umugore we ari ho akomoka.

Compaoré (ubanza ibumoso) yari umuntu wa hafi wa Sankara (hagati)

TAGGED:Blaise CompaoréfeaturedSankaraThomas Sankara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ntabwo Dukeneye Utubwiriza Kwibuka Abishwe Muri Jenoside – Dr. Iyamuremye
Next Article Abantu 12 Bakekwaho Kwiyambika Gisirikare Bakica Abaturage Bafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ibiza KamereMu RwandaUmutekano

Inkuba Zishe Bane Muri Batanu Bishwe N’Ibiza-MINEMA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?