Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Blaise Compaoré Agiye Gukurikiranwaho Urupfu Rwa Thomas Sankara
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Blaise Compaoré Agiye Gukurikiranwaho Urupfu Rwa Thomas Sankara

admin
Last updated: 13 April 2021 3:04 pm
admin
Share
SHARE

Urukiko rwa Gisirikare muri Burkina Faso rwemeje ko Blaise Compaoré wahoze ayobora icyo guhugu atangira gukurikiranwa ku ruhare yaba yaragize mu rupfu rwa Thomas Sankara, wishwe mu myaka 34 ishize.

Urukiko rwemeje ko Compaoré uri mu buhungiro muri Côte d’Ivoire guhera ubwo yavaga ku butegetsi mu 2014, agomba gukurikiranwaho ibyaha birimo kubangamira umutekano w’igihugu, kugira uruhare mu bwicanyi no guhishira imirambo mu kirego kijyanye n’urupfu rwa Thomas Sankara.

Sankara yishwe ku myaka 37 mu ihirikwa ry’ubutegetsi ryo ku wa 15 Ukwakira 1987, ryicaje ku ntebe mucuti we Blaise Compaoré. Mu myaka 27 yategetse nyuma yaho, kuvuga ku rupfu rwa Sankara byafatwaga nk’ikizira.

Guhera mu 2016 ibintu byarahindutse, atangira gukurikiranwa hamwe na General Diendéré wari umuntu we wa hafi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Muri urwo rubanza abantu 14 nibo bagomba kugezwa imbere y’urukiko.

Hari amakuru ko bigoye ko Compaoré yakoherezwa muri Burkina Faso ngo aburanishwe, kuko yamaze kubona ubwenegihugu bwa Côte d’Ivoire kubera umugore we ari ho akomoka.

Compaoré (ubanza ibumoso) yari umuntu wa hafi wa Sankara (hagati)

TAGGED:Blaise CompaoréfeaturedSankaraThomas Sankara
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ntabwo Dukeneye Utubwiriza Kwibuka Abishwe Muri Jenoside – Dr. Iyamuremye
Next Article Abantu 12 Bakekwaho Kwiyambika Gisirikare Bakica Abaturage Bafashwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?