Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bloomberg Television Yemerewe Gukorera Mu Rwanda
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

Bloomberg Television Yemerewe Gukorera Mu Rwanda

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 October 2022 7:11 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Televiziyo mpuzamahanga yitwa Bloomberg TV yaraye yemerewe gukorera mu Rwanda, ikazajya itambutsa ibiganiro ku bikungu n’imari mu bihugu by’Afurika yo hagati y’iby’iy’i Burasirazuba.

Umuyobozi mukuru ushinzwe ibikorwa by’ubucuruzi muri iki kigo witwa Stephen Colvin yavuze ko biteguye gukorana neza n’u Rwanda kandi bakarushaho kumenyesha ababakurikira amakuru y’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu byo mu Karere u Rwanda ruharereyemo.

At: “  Twishimiye gukorera muri aka karere k’Afurika tukahageza ibiganiro na gahunda za Televiziyo yacu.”

“We are delighted to welcome @BloombergTV in the East and Central African region with a studio in Rwanda’s capital Kigali." – RDB CEO, @cakamanzi.

Bloomberg Expands Local TV Coverage In Africa https://t.co/UujlQyCU73#InvestInRwanda🇷🇼 pic.twitter.com/yrZQU5rLw4

— Rwanda Development Board (@RDBrwanda) October 11, 2022

Akamanzi we avuga ko u Rwanda rushimira ubuyobozi bwa Bloomberg TV kuba bwarahisemo gushyira studio y’iyi televiziyo mu Rwanda kugira ngo ishobore gukurura no gutangaza amakuru y’ubukungu n’iterambere ry’ibihugu byo muri Afurika yo hagati n’iy’i Burasirazuba.

Bloomberg Television  izatangira gukorera mu Rwanda mu mwaka wa 2023.

Ikicaro cyayo muri Kigali kizaza gikurikira ahandi yakoreraga harimo Lagos muri Nigeria, Johannesburg,  muri Afurika y’Epfo na Nairobi muri Kenya.

Umuyobozi mukuru w’ibiganiro azakomeza kuba Madamu Jennifer Zabasajja.

Ikigo Bloomberg Media ni kimwe mu bigo  by’umuherwe w’Umuyahudi ukomoka muri Amerika witwa Micheal Bloomberg.

Ari mu Banyamerika batanu bakize kurusha abandi, bikumvikana ko ari no mu bantu bakize cyane kurusha abandi ku isi.

Micheal Bloomberg

Bloomberg Media ikoresha abanyamakuru 2,700 hirya no hino ku isi.

Micheal Bloomberg yahoze ari Meya wa New York ndetse yigeze gushaka kwiyamamaza ngo ayobore Amerika ariko ntibyamuhiriye.

TAGGED:AkamanziBloombergfeaturedRwandaTeleviziyo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubano Wa Polisi Y’u Rwanda N’Iy’Ubutaliyani Uratera Imbere
Next Article Agaciro Development Fund Yashoye Imari Muri Banki Ikomeye Y’Afurika
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?