Saa cyenda z’amanywa nibwo urukiko rw’ibanze rwa Kicukiro ruri butangaze umwanzuro warwo ku ifungwa n’ifungurwa ry’agateganyo rya Kazungu Denis ukekwaho ibyaha bw’ubwicanyi bugambiriwe. Ubwo yitabaga uru...
Televiziyo mpuzamahanga yitwa Bloomberg TV yaraye yemerewe gukorera mu Rwanda, ikazajya itambutsa ibiganiro ku bikungu n’imari mu bihugu by’Afurika yo hagati y’iby’iy’i Burasirazuba. Umuyobozi mukuru ushinzwe...
Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano...
Ikigo mpuzamahanga gicuruza amashusho n’izindi serivisi kitwa Canal + Ishami ry’u Rwanda cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga(App) bwo kureberaho amashusho hakoreshejwe ibyuma bisanzwe mu ikorabuhanga. Ibyo ni telefoni...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Tharcisse Mpunga, yatangaje ko abantu barimo kwandura coronavirus yihinduranyije ya Omicron bari kugaragaza ibimenyetso biteye impungenge. Ngo niyo mpamvu...