Abanyamakuru ba Al Jazeera n’abandi banyamakuru muri rusange bari mu gahinda batewe n’urupfu rw’umunyamakuru witwa Shireen Abu Akleh wiciwe mu mu kazi ari gutara amakuru y’imirwano...
Ikigo mpuzamahanga gicuruza amashusho n’izindi serivisi kitwa Canal + Ishami ry’u Rwanda cyatangije uburyo bw’ikoranabuhanga(App) bwo kureberaho amashusho hakoreshejwe ibyuma bisanzwe mu ikorabuhanga. Ibyo ni telefoni...
Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’Ubuzima, Dr Tharcisse Mpunga, yatangaje ko abantu barimo kwandura coronavirus yihinduranyije ya Omicron bari kugaragaza ibimenyetso biteye impungenge. Ngo niyo mpamvu...
Ikigo cy’Abafaransa gicuruza serivisi z’amashusho kitwa Canal + Rwanda cyatangije shene ya Televiziyo kise Nathan TV igenewe abana. Izabafasha kumenya byimbitse ibyo mwarimu yabigishije. Mu mizo...
Urwego Rugenzura Itumanaho muri Kenya rwafunze televiziyo yitwa Mt Kenya TV mu gihe cy’ibyumweru bine, izira kwerekana filime irimo imibonano mpuzabitsina n’ubugizi bwa nabi, mu gihe...