Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bola Tinubu ‘Yatorewe’ Kuyobora Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bola Tinubu ‘Yatorewe’ Kuyobora Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2023 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amajwi amaze kubarurwa mu Ntara nyinshi za Nigeria aremeza ko Bola Ahmed Tinubu ari we watorewe kuyobora Nigeria.

Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo The New York Times na RFI  bivuga ko akurikiwe na Atiku Abubakar na Peter Obi.

Hari amakuru aturuka mu mijyi minini ya Nigeria avuga ko urubyiruko rwatangiye kwigaragambya ruvuga ko Atiku Abubakar yibwe amajwi.

N’ubwo ari uko ibintu bihagaze kugeza ubu, ibyavuye mu matora mu buryo budasubirwaho ntibiratangazwa na Komisiyo y’igihugu y’amatora.

Bola Ahmed Tinubu asanzwe aba mu ishyaka riri ku butegetsi akaba n’umwe mu bakire b’abanya Politiki bakomeye muri Nigeria.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru wa Nigeria, Perezida Buhari yasabye abaturage kwirinda imvururu, abibutsa ko Nigeria ari cyo gihugu cyababyaye bose, ko bagomba kubana bunze ubumzwe kandi bafatanyije kucyubaka.

Let me remind all Nigerians, not for the first time, that, this is the only country we have, and we must do everything to keep it safe, united and peaceful.

— Muhammadu Buhari (@MBuhari) February 23, 2023

Uzatangazwa ko ari we watsinze amatora ya Perezida wa Nigeria mu buryo ‘budasubirwaho’, azarahira muri Gicurasi, 2023.

Muhammadu Buhari yasabye umuturage cyangwa itsinda runaka ryazumva ko ritanyuzwe n’ibyavuye mu matora, kuzagana inkiko zibifitiye ububasha akabiregera.

TAGGED:AmatorafeaturedNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bwa Canal + Rwanda Na Kaminuza Ya Kepler Mu Guteza Imbere Imyigire
Next Article DRC Ifunze Abanyamulenge Benshi Ibita Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abaturage 354 Bagiye Guhabwa Amazi Meza

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?