Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bola Tinubu ‘Yatorewe’ Kuyobora Nigeria
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bola Tinubu ‘Yatorewe’ Kuyobora Nigeria

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 01 March 2023 10:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amajwi amaze kubarurwa mu Ntara nyinshi za Nigeria aremeza ko Bola Ahmed Tinubu ari we watorewe kuyobora Nigeria.

Ibitangazamakuru mpuzamahanga birimo The New York Times na RFI  bivuga ko akurikiwe na Atiku Abubakar na Peter Obi.

Hari amakuru aturuka mu mijyi minini ya Nigeria avuga ko urubyiruko rwatangiye kwigaragambya ruvuga ko Atiku Abubakar yibwe amajwi.

N’ubwo ari uko ibintu bihagaze kugeza ubu, ibyavuye mu matora mu buryo budasubirwaho ntibiratangazwa na Komisiyo y’igihugu y’amatora.

Bola Ahmed Tinubu asanzwe aba mu ishyaka riri ku butegetsi akaba n’umwe mu bakire b’abanya Politiki bakomeye muri Nigeria.

Ku rukuta rwa Twitter rw’Ibiro by’Umukuru wa Nigeria, Perezida Buhari yasabye abaturage kwirinda imvururu, abibutsa ko Nigeria ari cyo gihugu cyababyaye bose, ko bagomba kubana bunze ubumzwe kandi bafatanyije kucyubaka.

Let me remind all Nigerians, not for the first time, that, this is the only country we have, and we must do everything to keep it safe, united and peaceful.

— Muhammadu Buhari (@MBuhari) February 23, 2023

Uzatangazwa ko ari we watsinze amatora ya Perezida wa Nigeria mu buryo ‘budasubirwaho’, azarahira muri Gicurasi, 2023.

Muhammadu Buhari yasabye umuturage cyangwa itsinda runaka ryazumva ko ritanyuzwe n’ibyavuye mu matora, kuzagana inkiko zibifitiye ububasha akabiregera.

TAGGED:AmatorafeaturedNigeriaPerezidaTinubu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ubufatanye Bwa Canal + Rwanda Na Kaminuza Ya Kepler Mu Guteza Imbere Imyigire
Next Article DRC Ifunze Abanyamulenge Benshi Ibita Abanyarwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Meteo Rwanda Yatangaje Imvura Nyinshi Ugereranyije Nisanzwe Mu Ukuboza

Abayobozi Ba BBC Baravugwaho Kubeshyera Trump 

Guhangana N’Imihindagurikire Y’Ikirere Bizahenda u Rwanda

Imidugararo Y’Amatora Muri Cameroun Yatumye Ibiciro Muri Centrafrique Bizamuka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Minisitiri Mukazayire Yahaye Abadepite Isezerano Abantu Bakwiye ‘Guhanga Amaso’

Nyarugenge: Polisi Yafashe Abanigaga Abantu Mu Ijoro Batashye

Dagalo Uvugwaho Gukora Jenoside Muri Sudani Ni Muntu Ki?

Kuri Perezida Kagame Nta Terambere Rirambye Igihe Umuturage Ahejwe

Umuyobozi Wa Qatar Yaganiriye N’Uw’u Rwanda Ku Bihuza Ibihugu Byombi 

You Might Also Like

Mu Rwanda

Harabura 5% Ngo Ubumwe N’Ubwiyunge Mu Banyarwanda Bube 100%

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Kwikira Inama Y’Abayobora Amashuri Ya Gisirikare Muri Afurika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC Yishimiye Isinywa Ry’Imikoranire N’u Rwanda Mu Majyambere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?