Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Braverman Wakurikiranaga Ikibazo Cy’Abimukira Bazaza Mu Rwanda Yirukanywe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Braverman Wakurikiranaga Ikibazo Cy’Abimukira Bazaza Mu Rwanda Yirukanywe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 November 2023 12:55 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Rishi Sunak yahinduye abagize Guverinoma ye, akuramo Suella Braverman wari ushinzwe ibibazo by’imbere mu gihugu ariko mu madosiye ye hakabamo n’iyarebaga u Rwanda kubera amasezerano rwagiranye n’Ubwongereza yo kurwoherereza abimukira.

Ni idosiye izafatwaho umwanzuro n’urukiko mu minsi mike iri imbere.

Ku rundi ruhande, haravugwa ko impamvu yatumye yirukanwa irebana n’ibyo aherutse gutangaza by’uko Polisi igenda biguru ntege  mu guhangana n’abantu bashyigikiye Palestine mu ntambara Israel iri kurwana na Hamas muri Gaza.

Suella Braverman yirukanywe nta gihe kinini amaze muri iyi mirimo kubera ko yayigiyemo mu Ukwakira, 2022.

Yasimbuwe na James Cleverly.

James Cleverly

Imirimo ya Cleverly yahise ihabwa uwahoze ari Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza witwa David Cameron nawe wigeze kwegura kubera kunanirwa gushyira mu bikorwa ikiswe Brexit.

Kuba Suella Braverman agiye, ntibizabuza ko idosoye y’u Rwanda n’Ubwongereza ikomeza kuganirwaho kubera ko ubu aho igeze ari mu rwego rw’amategeko.

TAGGED:AbimukiraBwongerezafeaturedRwandaSuella
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abarwanyi Ba Hamas Batunze Igitabo Mein Kampf Cya Hitler
Next Article Umunyamakuru Théo Yanze Imbabazi Yahawe N’Uwamureze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

Tshisekedi Hari Ibyo Avuga Ko Atazasinyira i Washington

Uburayi: Abanyamuryango Ba FPR-Inkotanyi Baganiriye Ku Iterambere Ry’u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Kagame Yaganiriye Na Touadéra Uko RDF Yakomeza Imikoranire N’Ingabo Ze

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

RDF Ikomeje Kubakira Ubushobozi Ingabo Za Centrafrique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'Abaturage

Nyamasheke: Bahangayikishijwe N’Uko Bateye Imyaka Ikuma Inzara Ikaba Ibugarije

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Guverineri Kayitesi Asobanura Uko Abatuye Intara Ye Bava Mu Bukene

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Indonesia: Umutingito Wateye Tsunami Yishe Abantu 248

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?