Amahanga ararebera ikibazo gikomeye kiri ku Birabura Tunisia yanze kwakira ku butaka bwayo, ikabashyira ku bundi butagira nyirabwo aho bari kwicirwa n’inzara. Abo birabura baratakambira amahanga...
Perezida Kagame mu nama yitabiriye muri Qatar yahuje iki gihugu n’inshuti zacyo yavuze ko abavuga ko u Rwanda rwashatse kwakira abimukira nk’aho ari ikintu rwashakagamo inyungu,...
Perezida Paul Kagame yaraye yakiriye mu Biro bye intumwa ya Guverinoma y’Ubwongereza ishinzwe ubucuruzi n’ishoramari yitwa Lord Popat baganira uko ibihugu byombi byakongera imbaraga mu buhahirane...
Suella Braverman ushinzwe umutekano imbere mu Bwongereza avuga ko abavuga ko mu Rwanda hazateza akaga abimukira bazahazanwa, bibeshya. Avuga ko ahubwo mu Rwanda ari ahantu ho...
Nyuma y’ikiganiro yagiranye n’Umunyamabanga ushinzwe umutekano mu Bwongereza witwa Suella Braverman, Minisitiri Dr. Vincent Biruta yabwiye itangazamakuru ko inyungu y’u Rwanda mu kwakira abimukira bava mu...