Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Itahiwacu Bruce usanzwe azwi ku izina rya Bruce Melodie agiye gusohora indirimbo yise ikinyafu. Yanditse ko izaba irimo ubutumwa buvuga ku mwaka wa 2020. Kuri we umwaka wa 2020 ukwiriye ikinyafu.

N’ubwo atasobanuye impamvu  ariko abantu benshi niba atari bose mu bakuze bazi ko umwaka wa 2020 wabaye ingorabahizi kuko wakomye mu nkokora akazi kose.

Abahanzi bari basanzwe bakora ibitaramo bakinjiza amafaranga bawuhombeyemo ndetse hari n’abafunzwe bazir kudakurikiza amabwiriza agenga kwirinda kiriya cyorezo yatanzwe na za Leta nyinshi ku isi.

Polisi y’u Rwanda yigeze gufunga umuhanzi Bruce Melodie ari kumwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga kitwa Shaddy boo. Bombi bari bafashwe batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yasabaga Abanyarwanda kuba bageze mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro(7h00pm).

Mbere y’icyo gihe yari yarasohoye indirimbo yise SAA MOYA itaravuzweho rumwe.

Uko bimeze kose umwaka 2020 ukwiriye ikinyafu k’umugani wa Bruce Melodie.

Bombi Polisi yigeze kubacisha ho ‘akanyafu’ kubera kutubahiriza amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri yo kwirinda COVID-19
TAGGED:BruceCOVID-19featuredIkinyafuShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Next Article Noheli ntishamaje, gutaha ni kare, nta kwishimisha…Ibitekerezo by’abaturage kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?