Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bruce Melodie agiye gusohora IKINYAFU

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 24 December 2020 7:28 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi Itahiwacu Bruce usanzwe azwi ku izina rya Bruce Melodie agiye gusohora indirimbo yise ikinyafu. Yanditse ko izaba irimo ubutumwa buvuga ku mwaka wa 2020. Kuri we umwaka wa 2020 ukwiriye ikinyafu.

N’ubwo atasobanuye impamvu  ariko abantu benshi niba atari bose mu bakuze bazi ko umwaka wa 2020 wabaye ingorabahizi kuko wakomye mu nkokora akazi kose.

Abahanzi bari basanzwe bakora ibitaramo bakinjiza amafaranga bawuhombeyemo ndetse hari n’abafunzwe bazir kudakurikiza amabwiriza agenga kwirinda kiriya cyorezo yatanzwe na za Leta nyinshi ku isi.

Polisi y’u Rwanda yigeze gufunga umuhanzi Bruce Melodie ari kumwe n’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga kitwa Shaddy boo. Bombi bari bafashwe batubahirije amabwiriza yo kwirinda COVID-19 yasabaga Abanyarwanda kuba bageze mu ngo zabo bitarenze saa moya z’ijoro(7h00pm).

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Mbere y’icyo gihe yari yarasohoye indirimbo yise SAA MOYA itaravuzweho rumwe.

Uko bimeze kose umwaka 2020 ukwiriye ikinyafu k’umugani wa Bruce Melodie.

Bombi Polisi yigeze kubacisha ho ‘akanyafu’ kubera kutubahiriza amabwiriza y’Inama y’Abaminisitiri yo kwirinda COVID-19
TAGGED:BruceCOVID-19featuredIkinyafuShaddy boo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kagame yifurije Macron gusubira mu mirimo amahoro
Next Article Noheli ntishamaje, gutaha ni kare, nta kwishimisha…Ibitekerezo by’abaturage kuri Noheli
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?