Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2021 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyiricyubahiro Musenyeri wa Arikidiyoseze ya Kampala  Cyprian Kizito Lwanga w’imyaka  68 yitabye Imana nk’uko bitangazwa n’abari i Kampala. Yatangiye imirimo yo kuyobora Kiliziya Gatulika muri Uganda mu mwaka wa 2006.

Cyprian Lwanga yavutse tariki 19, Mutarama, 1953, avukira ahitwa  Kyabakadde muri Paruwasi ya   Naggalama ubu ni mu Karere ka Mukono, mu gace ka Buganda mu Ntara y’Amajyaruguru ya Uganda.

Yize amashuri abanza i Kyabakadde ayisumbuye ayiga i Nyenga mu mwaka wa1964. Hagati y’umwaka wa 1972 n’uwa 1974, yize muri Seminari Nkuru ya Katigondo ubu ni Karere ka Kalungu.

Yakomereje amasomo ya Tewolojiya muri Seminari y’igihugu ya Kampala iri ahitwa Ggaba.

Nyuma yakomereje mu Bufaransa muri Kaminuza yitwa Clermond-Ferrand, yiga indimi n’ubutegetsi.

Yaje gukomereza amasomo i Roma muri Kaminuza ya Pontifical Univeristy of The Holy Cross muri 1994.

Yimitswe ngo abe Padiri tariki 08, Mata, 1978, yimikwa na Cardinal Emmanuel Kiwanuka.

Imyaka ibiri nyuma y’aho yabaye Musenyeri, hakaba hari tariki 30, Ugushyingo, 1996.

Tariki 19, Kanama, 2006 nibwo yabaye Arikipisikopi wa Kampala atangira kuyobera Katedarali ya Rubaga asimbuye Cardinal Emmanuel Wamala, weguye kuri ziriya nshingano.

TAGGED:AripisikopiBugandafeaturedKaminuzaKiliziyaKizitoSeminariUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayahudi Bifurije Abakirisitu Pasika Nziza
Next Article U Rwanda Ruri Gutunganya Amashanyarazi Ruzagurisha Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Trump Yategetse Hamas Guhita Irekura Abanya Israel Bose Yashimuse

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzima

General Kabandana Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?