Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Bucya Pasika Iba Archbishop Wa Kampala Yapfuye

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 April 2021 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nyiricyubahiro Musenyeri wa Arikidiyoseze ya Kampala  Cyprian Kizito Lwanga w’imyaka  68 yitabye Imana nk’uko bitangazwa n’abari i Kampala. Yatangiye imirimo yo kuyobora Kiliziya Gatulika muri Uganda mu mwaka wa 2006.

Cyprian Lwanga yavutse tariki 19, Mutarama, 1953, avukira ahitwa  Kyabakadde muri Paruwasi ya   Naggalama ubu ni mu Karere ka Mukono, mu gace ka Buganda mu Ntara y’Amajyaruguru ya Uganda.

Yize amashuri abanza i Kyabakadde ayisumbuye ayiga i Nyenga mu mwaka wa1964. Hagati y’umwaka wa 1972 n’uwa 1974, yize muri Seminari Nkuru ya Katigondo ubu ni Karere ka Kalungu.

Yakomereje amasomo ya Tewolojiya muri Seminari y’igihugu ya Kampala iri ahitwa Ggaba.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nyuma yakomereje mu Bufaransa muri Kaminuza yitwa Clermond-Ferrand, yiga indimi n’ubutegetsi.

Yaje gukomereza amasomo i Roma muri Kaminuza ya Pontifical Univeristy of The Holy Cross muri 1994.

Yimitswe ngo abe Padiri tariki 08, Mata, 1978, yimikwa na Cardinal Emmanuel Kiwanuka.

Imyaka ibiri nyuma y’aho yabaye Musenyeri, hakaba hari tariki 30, Ugushyingo, 1996.

Tariki 19, Kanama, 2006 nibwo yabaye Arikipisikopi wa Kampala atangira kuyobera Katedarali ya Rubaga asimbuye Cardinal Emmanuel Wamala, weguye kuri ziriya nshingano.

- Advertisement -
TAGGED:AripisikopiBugandafeaturedKaminuzaKiliziyaKizitoSeminariUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abayahudi Bifurije Abakirisitu Pasika Nziza
Next Article U Rwanda Ruri Gutunganya Amashanyarazi Ruzagurisha Na DRC
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

Burundi: Umudepite Yakubiswe

Menya Aho Amerika Igeze Umushinga Wo Guhuza u Rwanda Na DRC

Chris Brown Afungiye Gukubita Umuntu Icupa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Uganda: Undi Murinzi Wa Bobi Wine Yashimuswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Gutega Amatwi Inyoni Ziririmba Bimara Ishavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Iraburira Abajya Gusenga Bakibwa Telefone

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Muganga Yaremeye Ikipe Y’Igihugu Y’Abangavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?