Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buhigiro Wacuranze Indirimbo ‘Amafaranga Yo Gatsindwa’ Yitabye Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Buhigiro Wacuranze Indirimbo ‘Amafaranga Yo Gatsindwa’ Yitabye Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 2:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Buhigiro apfuye afite impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, akaba yari umuhanzi ndetse yigeze no kuba umunyezamu wa Rayon Sports. Ubuyobozi bw’iyi kipe nibwo bwamubitse ku rubuga rwarwo.

Rayon Sports yatangaje iti: “ Dr Jacques Buhigiro watubereye umunyezamu wa mbere, yitabye Imana… Rest in Peace Legend.”

Dr Bihigiro kandi yabaye mu Kigo cy’abafite ubumuga cy’i Gatagara aho yitaga ku bana baharererwaga akabagorora imitsi n’imikaya, ibyo bita Kine.

Dr Jacques Buhigiro watubereye (@rayon_sports) umunyezamu wa mbere, yitabye Imana…

Rest in Peace Legend. #Gikundiro | #OneTeamOneDream pic.twitter.com/mg7fFRI3VA

— Rayon Sports Official (@rayon_sports) April 14, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo yaririmbaga indirimbo yise ‘Amafaranga’, Jacques Buhigiro yavuze ko amafaranga afite amasura menshi kuko bamwe bayita ‘amahanya’ abandi bakayita ‘umukiro’.

Bamwe bati: “ Aragatsindwa, abandi bati’arakabyara’

Buhigiro kandi yavuze ko iyo Imana itaguhaye amafaranga, urayarunda ukayagwiza ariko akakunyura mu myanya y’intoki.

Mu  bwenge bwe, Jacques Buhigiro yasanze amafaranga ariyo atunga abantu ariko akanabateranya.

Imirongo igize indirimbo’ Amafaranga’ ya Dr Jacques Buhigiro:

- Advertisement -

Tuyita amahanya

Tuyita umukiro

Tuyita amahanya

Tuyita umukiro

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga, amafaranga, amafaranga!

 

Ni yo adutunga, ni yo aduteranya

Ni yo adutunga, ni yo aduteranya

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Ni yo agira incuti, ni yo agura incuti

Ni yo agira incuti, ni yo agura incuti

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga, amafaranga, amafaranga!

TAGGED:AmafarangaBuhigirofeaturedGatagaraRayon Sports
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imiyoborere Y’u Rwanda Ni Ijwi Rivugira Afurika- Priti Patel
Next Article Umunyamakuru Celestin Ntawuyirushamaboko Wa BTN Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?