Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buhigiro Wacuranze Indirimbo ‘Amafaranga Yo Gatsindwa’ Yitabye Imana
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Buhigiro Wacuranze Indirimbo ‘Amafaranga Yo Gatsindwa’ Yitabye Imana

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 April 2022 2:18 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Buhigiro apfuye afite impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, akaba yari umuhanzi ndetse yigeze no kuba umunyezamu wa Rayon Sports. Ubuyobozi bw’iyi kipe nibwo bwamubitse ku rubuga rwarwo.

Rayon Sports yatangaje iti: “ Dr Jacques Buhigiro watubereye umunyezamu wa mbere, yitabye Imana… Rest in Peace Legend.”

Dr Bihigiro kandi yabaye mu Kigo cy’abafite ubumuga cy’i Gatagara aho yitaga ku bana baharererwaga akabagorora imitsi n’imikaya, ibyo bita Kine.

Dr Jacques Buhigiro watubereye (@rayon_sports) umunyezamu wa mbere, yitabye Imana…

Rest in Peace Legend. #Gikundiro | #OneTeamOneDream pic.twitter.com/mg7fFRI3VA

— Rayon Sports Official (@rayon_sports) April 14, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubwo yaririmbaga indirimbo yise ‘Amafaranga’, Jacques Buhigiro yavuze ko amafaranga afite amasura menshi kuko bamwe bayita ‘amahanya’ abandi bakayita ‘umukiro’.

Bamwe bati: “ Aragatsindwa, abandi bati’arakabyara’

Buhigiro kandi yavuze ko iyo Imana itaguhaye amafaranga, urayarunda ukayagwiza ariko akakunyura mu myanya y’intoki.

Mu  bwenge bwe, Jacques Buhigiro yasanze amafaranga ariyo atunga abantu ariko akanabateranya.

Imirongo igize indirimbo’ Amafaranga’ ya Dr Jacques Buhigiro:

- Advertisement -

Tuyita amahanya

Tuyita umukiro

Tuyita amahanya

Tuyita umukiro

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga, amafaranga, amafaranga!

 

Ni yo adutunga, ni yo aduteranya

Ni yo adutunga, ni yo aduteranya

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Ni yo agira incuti, ni yo agura incuti

Ni yo agira incuti, ni yo agura incuti

Yo gatsindwa, yo kabyara!

Amafaranga,

Amafaranga!amafaranga, amafaranga!

 

Iyo Imana itayaguhaye, urayarunda

Ukayarunda,

Akaguhita mu myanya y’intoki

Amafaranga, amafaranga, amafaranga!

TAGGED:AmafarangaBuhigirofeaturedGatagaraRayon Sports
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imiyoborere Y’u Rwanda Ni Ijwi Rivugira Afurika- Priti Patel
Next Article Umunyamakuru Celestin Ntawuyirushamaboko Wa BTN Yapfuye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?