Mu Murenge wa Mukingo mu Karere ka Nyanza uva ahitwa Cercle ugana i Gatagara hari kwagurwa umuhanda, hagamijwe gufasha abafite ubumuga kugera ku bitato bya Gatagara...
Buhigiro apfuye afite impamyabumenyi y’ikirenga, PhD, akaba yari umuhanzi ndetse yigeze no kuba umunyezamu wa Rayon Sports. Ubuyobozi bw’iyi kipe nibwo bwamubitse ku rubuga rwarwo. Rayon...
Ambasade ya Israel mu Rwanda kuri uyu wa Kabiri yahaye ikigo kita ku bana bafite ubumuga amagare yo kubunganira. Ikigo Home de la Vierge de Pauvres(...
Delphine Kamaziga ni rwiyemezamirimo ukorera mu Mujyi wa Kigali, Kakiru hafi y’ikicaro gikuru cya Polisi. Avuga ko gucuruza ibintu bikozwe mu ibumba bimutunze ndetse n’abo akoresha....