Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Bumuntu yaraye ataramiye abantu mu buryo bwa Live idakoresheje ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 December 2020 6:00 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umuhanzi uri mu bakunzwe mu Rwanda witwa Andy Bumuntu yaraye akoze igitaramo  cy’imbonankubone(Live) cyari kigamije gususurutsa abitabiriye umuhango wo gufungura Ijuru restaurant ya ONOMO Hotel.

Iyi Hoteli iherereye mu Karere ka Nyarugenge mbere y’uko ugera ahitwa  kuri Peyaje. Ni mu kaboko k’iburyo munsi y’umuhanga wa Kaburimbo.

Ibirori byatangiye ahagana saa kumi n’ebyiri (06:00pm) birangira saa mbiri n’igice( 8:30pm)

Ababyitabiriye bari bizihiwe, bacinya n’akadiho!

Hari abandi bantu bamuritse ibyo bashoboye gukora harimo nka Davis usanzwe ari umunyabugeni wamuritse amashusho akora, umushyushyarugamba David Bayingana wari umusangiza w’amagambo n’abandi.

Bumuntu niwe muhanzi wakoze igitaramo cy’imbonankubone hatifashishijwe ikoranabuhanga kuva COVID-19 yagera mu Rwanda, ibitaramo bigahagarikwa.

Aha ni ku restaurant Ijuru
Umunyabugeni Davis
Umunezero wagaragaraga ku maso
Andy Bumuntu niwe wa mbere ukoze umuziki wa Live mu buryo bufifashishije murandasi
Ari mu bahanzi bamaze kumenyekana mu Rwanda
TAGGED:BumuntufeaturedHotelKigaliNyarugengeONOMOUmunezero
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muhanga: Abari bagwiriwe n’ikirombe ejo, bavanywe munsi y’ubutaka ari bazima
Next Article Nyaruguru: Ku nshuro ya kabiri bitwikiriye ijoro barandura ibishyimbo by’umuturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

U Rwanda Rwatumye Abaturage Bacu Bongera Gutekana-Min W’Ingabo Za Mozambique

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

You Might Also Like

Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Abayobozi Bakuru Mu Ngabo Za Mozambique Bari Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaPolitiki

Nyaruguru: Bagiye Gusasa Inzobe Kucyatumye Abana Batsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ibibera Muri DRC Bitugiraho Ingaruka Mu Buryo Bwinshi- Amb. Ngoga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?