Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Buri Kwezi Mu Rwanda Hazajya Haba Isiganwa Ry’Amagare- FERWACY
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

Buri Kwezi Mu Rwanda Hazajya Haba Isiganwa Ry’Amagare- FERWACY

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 November 2022 5:56 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bw’Akarere ka Nyanza n’ubw’Impuzamashyirahamwe y’abakina umukino wo gutwara amagare, FERWACY,  buherutse gushyira  umukono ku masezerano agenga uko irushanwa ry’abakina uyu mukino rizabera i Nyanza rizajya rigenda.

Hagati aho FERWACY ivuga ko mu mwaka mu Rwanda hazajya haba amasiganwa 12.

Ni amasezerano y’imyaka itatu azagenga uko iri riganwa rizagenda mu nshuro ebyiri rizajya rihakinirwa buri mwaka.

Isiganwa rimwe baryitiriye igitaramo kitwa ‘Nyanza Twataramye.’

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Perezida wa FERWACY Bwana Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko intego yabo ari ugusuzuma impano z’abakiri bato b’i Nyanza kugira ngo zitezwe imbere mu mukino wo gutwara igare.

Ati: “ Intego dufite ni ugushaka impano z’abakinnyi bakiri bato muri Nyanza, tugateza imbere impano zagaragaye binyuze muri Rukali Cycling Team y’i Nyanza.”

Murenzi Abdallah

Murenzi wigeze no kuyobora Akarere ka Nyanza akanayobora Ikipe ya Rayon Sports nayo ikomoka i Nyanza avuga ko indi ntego ikubiye muri ariya masezerano, ari no guteza imbere ubukerarugendo bushingiye k’umuco busanzwe bukorerwa i Nyanza mu Rukari.

Aya marushanwa ni ayo gufasha abafite impano zo gutwara igare bafite byibura imyaka 18 y’amavuko.

Ubuyobozi bwa FERWACY buvuga ko bwahinduye uburyo amasiganwa  akorwa.

- Advertisement -

Rwanda Cycling Cup izajya ihuzwa na ‘Tembera u Rwanda’ hashingiwe ku byiza biri muri buri Karere bagiye  gukoreramo .

Murenzi yavuze ko hazakorwa amasiganwa atandukanye urugero nka Kibugabuga race, Gisaka race, Kibeho race, Royal Nyanza race, Gorilla race n’ayandi k’uburyo byibura mu mwaka hazajya haba amasiganwa 12.

Tour du Rwanda yo izajya iba muri Gashyantare buri mwaka kandi n’andi marushanwa y’abantu bakuru azakomeza.

TAGGED:AmagarefeaturedIrushanwaMurenzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Igiye Kubaka Umuhanda Mugari Uyihuza Na Tanzania
Next Article Airtel Rwanda Ltd Yashimiwe Kuba Umusoreshwa Wizerwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?