Impuzamashyirahamwe y’Umukino w’amagare mu Rwanda, FERWACY, yatangaje ko guhera taliki 21, Gicurasi, 2023 mu Rwanda hazatangizwa amarushanwa y’abana bakina umukino w’amagare. Itangazo rya FERWACY rivuga ko...
I Paris mu Bufaransa haherutse gusinyirwa amasezerano hagati ya Federasiyo nyarwanda y’umukino w’amagare n’impuzamashyirahamwe y’uyu mukino ku isi. Perezida wa FERWACY, Murenzi Abdallah yabwiye Taarifa ko...
Abdallah Murenzi uyobora Ishyirahamwe Nyarwanda ry’umukino w’amagare avuga ko kimwe mu byo yishimira byagenze neza muri Tour du Rwanda ya 2023 ari uko nta mukinnyi wahavunikiye...
Umukinnyi w’umukino w’igare watwaye etape ya Tour du Rwanda y’ubushize Moïse Mugisha yavuze ko kuba mu isiganwa rizatangira kuri iki Cyyumweru taliki 19, Gashyantare, 2023 azahatana...
Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino wo gusiganwa ku magare yaraye ageze Libreville muri Gabon kwitabira isiganwa mpuzamahanga ryitwa La Tropicale Amissa Bongo. Riratangira kuri uyu wa...