Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Abapolisi Babiri Bishwe Na Mugenzi Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Abapolisi Babiri Bishwe Na Mugenzi Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 June 2023 2:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Nyanza Lac umupolisi yarashe bagenzi be Arabica. Yari abasanze kuri station ya Polisi iherereye ahitwa Nyanza Lac mu  Ntara ya Makamba iri mu Majyepfo y’Uburundi.

Umwe mu babonye biba avuga ko umupolisi warashe bagenzi be yabishe avuye mu kazi ko gucunga umutekano mu ijoro.

SOS Médias Burundi ivuga ko uwishe bagenzi be yasanze uwa mbere yicaye ku muryango w’Ibiro byo kwa Komiseri aramurasa amutsinda aho.

Uwabyumvise yasohotse agira ngo arebe ibibaye, nawo amukubita isasu mu gituza aramwica.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umupolisi wakoze ibyo yarafashwe ariko ntiharamenyekana icyamuteye kwica bagenzi be.

Imirambo ya bagenzi be yajyanywe kwa muganga ngo ikorerwe isuzuma mbere y’uko ishyikirizwa abo mu miryango yabo.

Intara ya Makamba ahitwa Nyanza Lac niho byabereye
TAGGED:BurundiKurasaMakambaPolisiUmupolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Bwiza Yateguje Indirimbo Ari Kumwe Na Miss Jojo
Next Article U Rwanda Na Pologne Mu Kubaka Ikigo Kigisha Ububanyi N’Amahanga
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?