Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Akurikiranweho Kwicisha Abana Be Umuhoro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Akurikiranweho Kwicisha Abana Be Umuhoro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2023 8:17 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umurundi witwa Fidèl Bucumi ari gushakishwa uruhindu na Polisi yo muri Komini ya Gatara mu Ntara ya Kayanza mu Burundi imukurikiranyeho kwicisha umuhoro abana be babiri abaciye amajosi.

Umwe afite imyaka itandatu, undi afite imyaka ine y’amavuko.

Abo bana bishwe taliki 10, Gicurasi, 2023 mu gace iwabo bari batiyemo ka Gihororo muri Komini ya Gatara, mu Ntara ya Kayanza yo mu Majyaruguru y’u Burundi.

Se yahise acika!

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

SOS Medias yanditse ko umwe mu baturanyi b’uru rugo rwabereyemo aya mahano yababwiye ati:  “Bucumi yishe abana be babiri barimo ufite imyaka 6 n’undi w’imyaka 4 akoresheje umuhoro maze abaca amajosi”.

Uwo mutangabuhamya avuga ko byagaragaye mu gitondo cyakurikiyeho, ubwo bajyagayo bagatungurwa no kubona imirambo ibiri y’abana iryamye hasi ikikijwe n’amaraso menshi.

Avuga ko muri iryo joro ryabereyemo ubwo bwicanyi, bumvise umwana umwe avuza induru ariko ntibabitindaho kuko bumvaga ari ibisanzwe.

Abaturanyi bavuga kandi ko uwo mugabo ukekwaho kwikora mu nda yari yiriwe atongana n’umugore we umunsi wose.

Umugore we yitwa  Imelde Nyabenda w’imyaka 30.

- Advertisement -

Abaturage bavuga ko uriya mugabo yashinjaga umugore we kumuca inyuma, bagakeka ko ari byo byazamuye umujinya w’umuranduranzuzi, yabura umugore we ngo amwica, ukabikorera ibibondo bye.

Sylvan  Gakuyano, umuyobozi wa Komini wa Gatara yemeje aya amakuru, avuga ko uyu mugabo ukekwaho kwica abana be, ari gushakishwa kuko yahise acika.

TAGGED:AbanaBurundiUmuhoro
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kwibuka 29: Abaganga 157 Bishe Abarwayi Muri Jenoside Yakorewe Abatutsi
Next Article Kuba u Rwanda Rwareka Gukoresha Amadolari Si Ibya Vuba- Solaya Hakuziyaremye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbumenyi N'Ubuhanga

Inzoka Yitwa Cobra Ni Inyamaswa Iteye Ite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Impunzi Zo Muri Sudani Y’Epfo Zirahungira Muri DRC Ku Bwinshi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?