Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Gufungura Ibiryo Birimo Umunyu Si Ibya Bose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Gufungura Ibiryo Birimo Umunyu Si Ibya Bose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2024 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Bujumbura bavuga ko hejuru y’umutekano muke, hari kwiyongeraho ibiciro by’ibiribwa nkenerwa biri kuzamuka cyane harimo n’umunyu utigonderwa na buri wese.

Abaguzi bavuga ko bagura bahendwa n’abacuruzi nabo bakavuga ko badafite ahantu heza ho kurangurira.

Ibi nibyo bituma ibiciro by’umunyu n’ibindi biribwa nkekerwa bikomeza kuzamuka.

Indi mpamvu ni uko nta madolari ahagije ari mu kigega cya Leta ngo ibashe kubona amavuta ahagije yatuma ibinyabiziga bikora ubucuruzi bufatika.

Ku bijyanye n’umunyu, abatuye Bujumbura bavuga ko igiciro cy’umufuka w’umunyu w’ibilo 25 waguraga Frb 23,000 mu kwezi kumwe gushize ariko ubu uragura Frb 40,000.

Ubu ikilo cy’umunyu kiragura Frb 2 000 mu gihe waguraga Frb 1 200.

Ibindi biciro biri hejuru mu Burundi ni iby’ubuto n’ipamba.

Mu Burundi kandi haherutse kuvugwa izamuka rikomeye rya byeri ya Amstel na Primus, inzoga zikundwa cyane mu Burundi.

Ibitunguru byarahenze ariko abaguzi b’aho bavuga ko umuceri ari wo gihingwa kiri kuboneka gihagije ku isoko.

Umuceri w’i Burundi bawita umuhitira, abawurya bavuga ko udahenze ugereranyije n’uko bimeze ku muceri ukomoka muri Tanzania.

TAGGED:BurundifeaturedUmuntu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Habineza Yahawe Amahirwe ‘Ya Nyuma’ Ngo Yemererwe Kwiyamamaza
Next Article Kenya: Urugomo Ruri Kwiyongera Kubera Ibibazo By’ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Ebola Yagarutse Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImyidagaduroMu Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?