Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Gufungura Ibiryo Birimo Umunyu Si Ibya Bose
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Gufungura Ibiryo Birimo Umunyu Si Ibya Bose

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 May 2024 9:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abatuye Bujumbura bavuga ko hejuru y’umutekano muke, hari kwiyongeraho ibiciro by’ibiribwa nkenerwa biri kuzamuka cyane harimo n’umunyu utigonderwa na buri wese.

Abaguzi bavuga ko bagura bahendwa n’abacuruzi nabo bakavuga ko badafite ahantu heza ho kurangurira.

Ibi nibyo bituma ibiciro by’umunyu n’ibindi biribwa nkekerwa bikomeza kuzamuka.

Indi mpamvu ni uko nta madolari ahagije ari mu kigega cya Leta ngo ibashe kubona amavuta ahagije yatuma ibinyabiziga bikora ubucuruzi bufatika.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ku bijyanye n’umunyu, abatuye Bujumbura bavuga ko igiciro cy’umufuka w’umunyu w’ibilo 25 waguraga Frb 23,000 mu kwezi kumwe gushize ariko ubu uragura Frb 40,000.

Ubu ikilo cy’umunyu kiragura Frb 2 000 mu gihe waguraga Frb 1 200.

Ibindi biciro biri hejuru mu Burundi ni iby’ubuto n’ipamba.

Mu Burundi kandi haherutse kuvugwa izamuka rikomeye rya byeri ya Amstel na Primus, inzoga zikundwa cyane mu Burundi.

Ibitunguru byarahenze ariko abaguzi b’aho bavuga ko umuceri ari wo gihingwa kiri kuboneka gihagije ku isoko.

- Advertisement -

Umuceri w’i Burundi bawita umuhitira, abawurya bavuga ko udahenze ugereranyije n’uko bimeze ku muceri ukomoka muri Tanzania.

TAGGED:BurundifeaturedUmuntu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Habineza Yahawe Amahirwe ‘Ya Nyuma’ Ngo Yemererwe Kwiyamamaza
Next Article Kenya: Urugomo Ruri Kwiyongera Kubera Ibibazo By’ubukungu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?