Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Burundi: Hizihijwe Umunsi Wagenewe Imbonerakure
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Burundi: Hizihijwe Umunsi Wagenewe Imbonerakure

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 27 August 2023 9:46 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubutegetsi bw’i Gitega mu Burundi bwaraye bwizihije umunsi wagenewe kuzirikana akamaro k’abasore n’inkumi bagize ikitwa Imbonerakure.

Ni umuryango bamwe bavuga ko washinzwe na Leta kugira ngo ibone uko ihangana n’abatayumvira.

Abandi bavuga ko ari abasore n’inkumi baharanira ko Leta igera kuri politiki zagenewe iterambere ry’igihugu.

Umwe mu bantu baharanira uburenganzira bwa muntu ukomeye mu Burundi kurusha abandi witwa Pierre Claver Mbonimpa avuga ko mu Burundi hose hari imbonerakure 50,000.

Aba basore bigeze kuba intwaro ikomeye y’ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza

Mu mwaka wa 2015 zakoreshejwe cyane n’ubutegetsi bwa Pierre Nkurunziza washakaga manda ya gatatu, arayibona ariko isiga iciyemo igihugu kabiri, bamwe barahagwa, abandi barahunga.

Izo ku butegetsi bwa Evariste Ndayishimiye zo zisa n’aho ari ‘Imbonerakure zivuguruye’ kubera ko ubu ziri gukoreshwa mu iterambere.

Accompagné par sa Famille, S.E Evariste #Ndayishimiye, Chef de l’Etat et Président du Conseil des Sages du @CnddFdd rehausse, à Makamba, les cérémonies de la 7ème Édition #ImbonerakureDay, à laquelle prennent part plusieurs délégations étrangères des Partis Amis du #CNDDFDD. pic.twitter.com/SlLkHrWGgU

— Ntare Rushatsi House (@NtareHouse) August 26, 2023

 

TAGGED:BurundifeaturedGitegaImbonerakure
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Perezida Kagame Yunguranye Ibitekerezo N’Abayobozi Bo Muri Nigeria
Next Article Baturutse Mu Turere 13 Bajye Gusengera i Musanze Mu Rugo Rw’Umuturage
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

Afurika Y’Epfo: Abantu 11 Biciwe Mu Kivunge

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Busabizwa Yatanze Kopi Z’Impapuro Zo Guhagararira u Rwanda Muri Guinée Equatoriale

U Rwanda Rwamurikiye Abanya Congo Brazzaville Aho Rugejeje Ubukungu Bwarwo

Kagame Yaganiriye N’Umuyobozi W’Ikigega Cy’Isi Cy’Imari 

You Might Also Like

Mu mahanga

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?